Ubuyobozi bw’Akarere ka Gicumbi bwatangaje ko Hakizimana Pierre Célestin wayoboraga Umudugudu wa Rurembo mu Murenge wa Mukarange, uherutse gutakarizwa icyizere mu Nteko y’Abaturage, ubu yamaze...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyagaragaje ko mu 2025 kanseri ya prostate ari yo yibasiye abagabo cyane muri kanseri zose bashobora kurwara, ndetse ko mu gihe cy’imyaka ine yiyongereyeho...
Abaturage batuye mu Kagari ka Kagina, mu Murenge wa Runda, Akaraere ka Kamonyi, mu gitondo cyo ku ya 7 Gashyantare 2026, basanze Mujawayezu Pelagie yiciwe mu nzu ye yatewe ibyuma, bakeka ko yaba...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) ryatangaje ko igihugu cya Kenya gikomeje kwibasirwa n’amapfa yatewe n’imvura nke yaguye kuva mu 2025.