skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Venezuela: Urubuga rwa X rwari rwarahagaritswe na Maduro rwongeye gukora

Kuva ku wa 14 Mutarama 2026, urubuga nkoranyambaga rwa X rwongeye gukoreshwa muri Venezuela, nyuma y’umwaka urenga ruhagaritswe ku itegeko rya Nicolás Maduro, wahoze ayobora iki gihugu, kuri ubu...
15 January 2026 Yasuwe: 226 0

Kiliziya Gatolika na Angilikani byanze kwitabira ibiganiro bishya by’amahoro byasabwe na Tshisekedi

Kiliziya Gatolika na Angilikani byo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byamenyesheje Leta ya RDC ko bidateze kwitabira ibiganiro by’amahoro bishya byifuzwa na Perezida Félix Tshisekedi...
15 January 2026 Yasuwe: 434 0

Umushakashatsi warembeye mu isanzure yagaruwe ku Isi

Ikigo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika gishinzwe iby’Isanzure (NASA) bwa mbere mu mateka yacyo cyakoze igikorwa cyo gukura mu isanzure umwe mu bo cyari cyoherejeyo wafashwe n’uburwayi akenera...
15 January 2026 Yasuwe: 318 0

Uganda: Abarenga miliyoni 20 bazindukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 15 Mutarama 2026, abaturage ba Uganda bazindukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, asiga hamenyekanye uzayobora icyo gihugu muri manda y’imyaka itanu hagati ya Yoweri...
15 January 2026 Yasuwe: 249 0

Trump yishimiye cyane ikiganiro yagiranye n’uwasimbuye Perezida Maduro

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yagiranye ikiganiro cya mbere na Delcy Rodríguez, Perezida w’inzibacyuho wa Venezuela.
15 January 2026 Yasuwe: 244 0

U Bushinwa buri kwitambika abakandida b’Abanyamerika ku buyobozi bwa MONUSCO

U Bushinwa buri kwitambika abakandida b’Abanyamerika ku buyobozi bw’ubutumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO).
15 January 2026 Yasuwe: 343 0

Ikiraro cya miliyoni 900 Frw cyubatswe kuri Kigali Universe Frw kigiye gutahwa

Ubuyobozi bw’inzu y’imyidagaduro ya Kigali Universe bwatangaje ko buri kwitegura gutaha ikiraro kizajya kinyurwamo n’abagiye kuhasohokera, cyashowemo arenga miliyoni 900 Frw.
14 January 2026 Yasuwe: 1178 0

Leta ya RDC iri kugerageza guhimba impamvu yo kudasenya FDLR

Mu gihe amezi abaye menshi Abanyarwanda n’Abanye-Congo bategereje ko ibikorwa byo gusenya umutwe w’iterabwoba wa FDLR bitangira, ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo buri...
14 January 2026 Yasuwe: 496 0

Trump yasabye abigaragambya muri Iran kwigarurira inzego za Leta

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye Abanya-Iran bakomeje imyigaragambyo kwigarurira inzego za Leta, abizeza ko Amerika iri mu nzira yo kubafasha.
14 January 2026 Yasuwe: 394 0

AFC/M23 yagabweho igitero gikomeye n’abarwanyi ba Wazalendo

Mu ijoro ryo ku wa 13 Mutarama 2026 rishyira ku wA 14 Mutarama 2026, abafatanyabikorwa ba FARDC bitwa Wazalendo bagabye igitero gikomeye ku birindiro by’inyeshyamba za AFC/M23 mu gace ka Kalembe,...
14 January 2026 Yasuwe: 1170 0