Kuva ku wa 14 Mutarama 2026, urubuga nkoranyambaga rwa X rwongeye gukoreshwa muri Venezuela, nyuma y’umwaka urenga ruhagaritswe ku itegeko rya Nicolás Maduro, wahoze ayobora iki gihugu, kuri ubu...
Kiliziya Gatolika na Angilikani byo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byamenyesheje Leta ya RDC ko bidateze kwitabira ibiganiro by’amahoro bishya byifuzwa na Perezida Félix Tshisekedi...
Ikigo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika gishinzwe iby’Isanzure (NASA) bwa mbere mu mateka yacyo cyakoze igikorwa cyo gukura mu isanzure umwe mu bo cyari cyoherejeyo wafashwe n’uburwayi akenera...
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 15 Mutarama 2026, abaturage ba Uganda bazindukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, asiga hamenyekanye uzayobora icyo gihugu muri manda y’imyaka itanu hagati ya Yoweri...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye Abanya-Iran bakomeje imyigaragambyo kwigarurira inzego za Leta, abizeza ko Amerika iri mu nzira yo kubafasha.
Mu ijoro ryo ku wa 13 Mutarama 2026 rishyira ku wA 14 Mutarama 2026, abafatanyabikorwa ba FARDC bitwa Wazalendo bagabye igitero gikomeye ku birindiro by’inyeshyamba za AFC/M23 mu gace ka Kalembe,...