Ikigo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika gishinzwe iby’Isanzure (NASA) bwa mbere mu mateka yacyo cyakoze igikorwa cyo gukura mu isanzure umwe mu bo cyari cyoherejeyo wafashwe n’uburwayi akenera...
Kuri uyu wa Kane, tariki ya 15 Mutarama 2026, abaturage ba Uganda bazindukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, asiga hamenyekanye uzayobora icyo gihugu muri manda y’imyaka itanu hagati ya Yoweri...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye Abanya-Iran bakomeje imyigaragambyo kwigarurira inzego za Leta, abizeza ko Amerika iri mu nzira yo kubafasha.
Mu ijoro ryo ku wa 13 Mutarama 2026 rishyira ku wA 14 Mutarama 2026, abafatanyabikorwa ba FARDC bitwa Wazalendo bagabye igitero gikomeye ku birindiro by’inyeshyamba za AFC/M23 mu gace ka Kalembe,...
Umugabo witwa Maniraguha Jean Marie Vianney wo mu Murenge wa Bugeshi mu Karere ka Rubavu, yishe umugore we babanaga mu buryo butemewe n’amategeko witwa Manizabayo Beatrice amuziza ko yamwatse...