skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Umushakashatsi warembeye mu isanzure yagaruwe ku Isi

Ikigo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika gishinzwe iby’Isanzure (NASA) bwa mbere mu mateka yacyo cyakoze igikorwa cyo gukura mu isanzure umwe mu bo cyari cyoherejeyo wafashwe n’uburwayi akenera...
15 January 2026 Yasuwe: 318 0

Uganda: Abarenga miliyoni 20 bazindukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 15 Mutarama 2026, abaturage ba Uganda bazindukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, asiga hamenyekanye uzayobora icyo gihugu muri manda y’imyaka itanu hagati ya Yoweri...
15 January 2026 Yasuwe: 249 0

Trump yishimiye cyane ikiganiro yagiranye n’uwasimbuye Perezida Maduro

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yagiranye ikiganiro cya mbere na Delcy Rodríguez, Perezida w’inzibacyuho wa Venezuela.
15 January 2026 Yasuwe: 243 0

U Bushinwa buri kwitambika abakandida b’Abanyamerika ku buyobozi bwa MONUSCO

U Bushinwa buri kwitambika abakandida b’Abanyamerika ku buyobozi bw’ubutumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO).
15 January 2026 Yasuwe: 343 0

Ikiraro cya miliyoni 900 Frw cyubatswe kuri Kigali Universe Frw kigiye gutahwa

Ubuyobozi bw’inzu y’imyidagaduro ya Kigali Universe bwatangaje ko buri kwitegura gutaha ikiraro kizajya kinyurwamo n’abagiye kuhasohokera, cyashowemo arenga miliyoni 900 Frw.
14 January 2026 Yasuwe: 1178 0

Leta ya RDC iri kugerageza guhimba impamvu yo kudasenya FDLR

Mu gihe amezi abaye menshi Abanyarwanda n’Abanye-Congo bategereje ko ibikorwa byo gusenya umutwe w’iterabwoba wa FDLR bitangira, ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo buri...
14 January 2026 Yasuwe: 494 0

Trump yasabye abigaragambya muri Iran kwigarurira inzego za Leta

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye Abanya-Iran bakomeje imyigaragambyo kwigarurira inzego za Leta, abizeza ko Amerika iri mu nzira yo kubafasha.
14 January 2026 Yasuwe: 394 0

AFC/M23 yagabweho igitero gikomeye n’abarwanyi ba Wazalendo

Mu ijoro ryo ku wa 13 Mutarama 2026 rishyira ku wA 14 Mutarama 2026, abafatanyabikorwa ba FARDC bitwa Wazalendo bagabye igitero gikomeye ku birindiro by’inyeshyamba za AFC/M23 mu gace ka Kalembe,...
14 January 2026 Yasuwe: 1170 0

DJ Toxxyk uregwa ibyaha bine , yemeye bibiri, asabirwa gufungwa by’agateganyo

Kuri uyu wa 14 Mutarama 2026, Shema Arnaud wamenyekanye nka DJ Toxxyk yemereye Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge ko yakoze icyaha cyo guhunga umaze gukora cyangwa guteza impanuka n’icy’ubwicanyi...
14 January 2026 Yasuwe: 460 0

Rubavu: Umugabo yishe umugore we amuziza ko atamuhaye ibiryo

Umugabo witwa Maniraguha Jean Marie Vianney wo mu Murenge wa Bugeshi mu Karere ka Rubavu, yishe umugore we babanaga mu buryo butemewe n’amategeko witwa Manizabayo Beatrice amuziza ko yamwatse...
14 January 2026 Yasuwe: 681 0