skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Twirwaneho yahanuye drone y’ingabo za RDC

Umutwe witwaje intwaro wa MRDP-Twirwaneho urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, watangaje ko wahanuye imwe muri drones z’ingabo z’iki gihugu ziri kwica Abanyamulenge...
16 January 2026 Yasuwe: 500 0

Urukiko rw’Ikirenga rwemeye kwakira ikirego cya Ingabire Victoire

Urukiko rw’Ikirenga rwategetse ko ikirego cyatanzwe na Ingabire Victoire Umuhoza agaragaza ko ingingo ya 106 y’itegeko rigenga imiburanishirize y’imanza nshinjabyaha inyuranye n’ibiteganywa na...
16 January 2026 Yasuwe: 629 0

Museveni yatangiye kwanikira Bobi Wine

Imibare y’agateganyo ya Komisiyo y’Amatora muri Uganda ica amarenga ko Yoweri Kaguta Museveni ashobora kuyatsinda ku kinyuranyo kiri hejuru.
16 January 2026 Yasuwe: 392 0

Bolsonaro wayoboye Brésil yimuriwe muri gereza ‘imeze neza’

Nyuma y’igihe yari amaze afungiye ku cyicaro gikuru cya polisi mu murwa mukuru Brasilia, Jair Bolsonaro wabaye Perezida wa Brésil yimuriwe muri gereza, imeze neza kurushaho.
16 January 2026 Yasuwe: 232 0

Nyarugenge: Umugore wiyubashye yafashwe arimo gutuburira abarwayi mu bitaro bya CHUK

Umugore bigaragara ko yiyubashye yafatiwemu Bitaro bya Kaminuza bya CHUK biherereye mu Murenge wa Nyarugenge, Akarere ka Nyarugenge arimo gutuburira abarwayi n’indembe ashaka kubiba amafaraga yabo.
16 January 2026 Yasuwe: 904 0

Iran yahagaritse kunyonga abigaragambya 800 nyuma yo gukangwa na Trump- White House

Ibiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (White House) byatangaje ko Iran yahagaritse gahunda yo kunyonga abigaragambya 800 nyuma yo gukangwa na Perezida Donald Trump.
16 January 2026 Yasuwe: 344 0

Ibyihariye kuri ‘Mbaza’, urubuga rwitezweho gukemura ibibazo by’Abanyarwanda hisunzwe ikoranabuhanga

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) yatangaje ko mu minsi mike iri imbere izaba yafunguye urubuga yise Mbaza ruzajya rwakirirwaho ibibazo by’abaturage mu nzego zose ndetse babashe kujya...
16 January 2026 Yasuwe: 288 0

Cuba yahawe imirambo 32 y’abasirikare bayo baguye mu gitero Amerika yafatiyemo Maduro

Ku wa 15 Mutarama 2025, Cuba yahawe imirambo 32 y’abasirikare bayo baguye mu gitero ingabo za Amerika zagabye muri Venezuela zigata muri yombi Perezida wayo, Nicolas Maduro n’umugore we.
16 January 2026 Yasuwe: 356 0

Machado yahaye Trump ‘Prix Nobel’ ye

Maria Corina Machado, Umunya-Venezuela uherutse kwegukana igihembo cy’amahoro cya Nobel, yahisemo kugiha Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nk’ishimwe kubera byinshi uyu mugabo yakoze.
16 January 2026 Yasuwe: 328 0

Museveni ari imbere ya Bobi Wine mu majwi y’agateganyo

Komisiyo y’Igihugu y’Amatora muri Uganda, yatangaje ko mu majwi y’agateganyo y’ibyavuye mu matora ya Perezida, Perezida Yoweri Kaguta Museveni ari we uri imbere, agakurikirwa na Robert Kyagulanyi...
16 January 2026 Yasuwe: 321 0