skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Uburusiya bwatangaje batatu bacyekwaho kurasa Lt Gen Vladimir Alexeyev

Uburusiya buvuga ko bwatahuye abacyekwa batatu bashinjwa kugira uruhare mu iraswa ry’umusirikare ukomeye w’Uburusiya, Liyetona Jenerali (Lt Gen) Vladimir Alexeyev.
9 February 2026 Yasuwe: 239 0

Umujinya muri Korea y’Epfo nyuma y’uko umutegetsi avuze ngo bajye bavana abagore mu mahanga baze kubabyarira

Ishyaka ryo muri Korea y’Epfo yirukanwe n’ishyaka rye nyuma y’uko atanze igitekerezo ngo iki gihugu kijye “kivana abakobwa muri Vietnam cyangwa Sri Lanka” baze kubabyarira mu gufasha kuzamura...
9 February 2026 Yasuwe: 199 0

Sobanukirwa indwara ya Emoroyide

Benshi bibaza byinshi ku ndwara ya Emoroyide. Bakibaza ikiyitera, uko ifata n’uburyo bayirinda.
9 February 2026 Yasuwe: 405 0

Amerika igiye guha u Burundi miliyoni 156 z’amadorali

Ku wa Gatanu, tariki ya 06, Gashyantare, 2026, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zasinye amasezerano y’ubufatanye mu rwego rw’ubuzima (Memorandum of Understanding – MOU) y’imyaka itanu n’igihugu cy’u...
9 February 2026 Yasuwe: 462 0

Rumaga yaciye amarenga y’imikoranire na Ali Kiba

Umusizi Rumaga Junior ukomeje kwagura imikorere ye yaciye amarenga y’uko haba hari imikoranire n’umuhanzi Ali Kiba wo muri Tanzania ukomeje gufasha Abahanzi mu buryo butandukanye.
9 February 2026 Yasuwe: 330 0

Bwa mbere mu Rwanda hatangiye kubagwa abarwayi b’igicuri

Mu Bitaro bya Kaminuza bya Kigali (CHUK) hatangijwe Icyumweru cyo guhugura ku kubaga indwara y’Igicuri (Epilepsy Surgery Training Camp), aho ku ikubitiro batangiye kubaga umurwayi wari umaze imyaka...
9 February 2026 Yasuwe: 216 0

Rutsiro: Imodoka yari itwaye abantu 8 yahiye irakongoka

Imodoka yo mu bwoko bwa Verso, ifite pulake RAI 276D, yavaga Rubavu ijya mu Mudugudu wa Mushubi, Akagari ka Mubuga, Umurenge wa Nyabirasi, Akarere ka Rutsiro, irimo abantu 8 bagiye gusura umuntu...
9 February 2026 Yasuwe: 458 0

Kylian Mbappe yateye ikirege mu cya Lionel Messi na Cristiano Ronaldo

Rutahizamu w’umufaransa ukina muri Real Madrid, Kylian Mbappe yiyunze ku barimo Lionel Messi na Cristiano Ronaldo batsinze ibitego biri hejuru ya 23 mu mikino 23 ya Laliga.
9 February 2026 Yasuwe: 494 0

Perezida Faure Gnassingbé yagiriye uzinduko i Luanda ku bibazo bya RDC

Perezida w’inama y’ubutegetsi wa Togo, Faure Essozimna Gnassingbé, ari na we Muhuza w’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu gukemura ibibazo by’umutekano muri Repubulika ya Demokalasi ya Congo, kuri...
9 February 2026 Yasuwe: 147 0

Uko Abanyarwanda bakina hanze bitwaye mu mpera z’icyumweru

Abakinnyi b’Abanyarwanda bakomeje gushyira imbaraga nyinshi mu gufasha amakipe yabo by’umwihariko abakina hanze, mbere yo guhamagarwa mu ikipe y’Igihugu “Amavubi” yitegura imikino ya FIFA Series...
9 February 2026 Yasuwe: 240 0