Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Barack Obama, yavuze ku mashusho y’irondaruhu yatangajwe ku mbuga nkoranyambaga za Perezida Donald Trump, avuga ko kugira isoni n’imyitwarire...
Ibitangazamakuru nka Axios na the Wall Street Journal byagaragaje ko Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyifashishije ubwenge buhangano mu gitero cyo gufata Perezida wa Venezuela, Nicola...
Mu 2025, uruganda rwa Chery rwagurishije imodoka zo mu cyiciro cya SUV zigera kuri 2.315.275, bituma ruba urwa mbere ruyoboye izindi z’Abashinwa mu kugurisha imodoka nyinshi zo muri iki cyiciro ku...
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yongeye gushimangira ko mu minsi mike iri imbere azagirira uruzinduko i Kigali, ndetse avuga ko akunda u Rwanda n’Abanyarwanda.
Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yahagarariye Perezida Paul Kagame mu Nama ya 43 yahuje abagize Akanama k’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma gashinzwe kwiga ku cyerekezo cy’Urwego...