skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Obama yavuze kuri Trump wamugereranyije n’inguge

Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Barack Obama, yavuze ku mashusho y’irondaruhu yatangajwe ku mbuga nkoranyambaga za Perezida Donald Trump, avuga ko kugira isoni n’imyitwarire...
15 February 2026 Yasuwe: 1489 0

Byatahuwe ko Amerika yakoresheje ’AI’ mu gufata Perezida Nicolas Maduro

Ibitangazamakuru nka Axios na the Wall Street Journal byagaragaje ko Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyifashishije ubwenge buhangano mu gitero cyo gufata Perezida wa Venezuela, Nicola...
15 February 2026 Yasuwe: 1455 0

Abanyamakuru batatu ba Reuters bahagaritswe gukorera muri Ethiopie

Urwego rugenzura itangazamakuru muri Ethiopie (EMA) rwahagaritse ibyangombwa by’abanyamakuru batatu ba Reuters bakorera muri iki gihugu.
15 February 2026 Yasuwe: 132 0

Umuryango w’Abibumbye urashinja RSF kwica abasivili barenga 6000 mu minsi itatu

Raporo yashyizwe ahagaragara n’Umuryango w’Abibumbye (UN), ivuga ko umutwe urwanya ubutegetsi bwa Leta ya Sudan, mu minsi itatu gusa wishe abasivili barenga 6000 mu minsi itatu.
15 February 2026 Yasuwe: 330 0

U Bwongereza bwashinje u Burusiya kwica Alexei Navalny bukoresheje ubumara bw’igikeri

Ibiro by’Ububanyi n’Amahanga by’u Bwongereza byatangaje ko umunyamategeko utaravugaga rumwe n’ubutegetsi mu Burusiya, Alexei Navalny, yishwe hakoreshejwe uburozi bwakozwe mu bumara bw’igikeri...
15 February 2026 Yasuwe: 522 0

Uruganda rwa Chery rufite imodoka zikuzwe i Kigali rwaciye agahigo mu 2025

Mu 2025, uruganda rwa Chery rwagurishije imodoka zo mu cyiciro cya SUV zigera kuri 2.315.275, bituma ruba urwa mbere ruyoboye izindi z’Abashinwa mu kugurisha imodoka nyinshi zo muri iki cyiciro ku...
15 February 2026 Yasuwe: 507 0

Nkunda u Rwanda n’Abanyarwanda- Gen Muhoozi

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yongeye gushimangira ko mu minsi mike iri imbere azagirira uruzinduko i Kigali, ndetse avuga ko akunda u Rwanda n’Abanyarwanda.
15 February 2026 Yasuwe: 695 0

Umuvunyi mukuru yaburiye abemera kwandikwaho imitungo batazi inkomoko yayo

Umuvunyi Mukuru, Nirere Madeleine, yasabye abantu kugira amakenga n’ubushishozi mbere yo kwemerera ababandikaho imitungo batazi inkomoko yayo, kuko ari kimwe mu bigize icyaha kandi bishobora gutuma...
11 February 2026 Yasuwe: 372 0

Minisitiri Dr. Nsengiyumva yibukije abo muri AUDA-NEPAD kutishingikiriza ku kimuhana

Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yahagarariye Perezida Paul Kagame mu Nama ya 43 yahuje abagize Akanama k’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma gashinzwe kwiga ku cyerekezo cy’Urwego...
10 February 2026 Yasuwe: 152 0

Kenya iteganya kuganira n’u Burusiya ku baturage bayo bajyanwa mu ntambara ya Ukraine

Minisitiri w’Intebe wa Kenya akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Musalia Mudavadi, yatangaje ko igihugu cye giteganya kuganira n’u Burusiya ku kibazo cy’abaturage bacyo bakomeje koherezwa mu...
10 February 2026 Yasuwe: 145 0