skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Zelensky yatangaje ko Ukraine igiye kuganira na Amerika hamwe n’u Burusiya

Perezida Volodymyr Zelensky yatangaje ko ibiganiro by’impande eshatu bigamije kurangiza intambara yo muri Ukraine bigiye kuba, bikazahuza Ukraine, Uburusiya na Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
23 January 2026 Yasuwe: 195 0

Umudepite w’Amerika yavuze ko igisubizo ku ntambara ya Congo ari ugushyira M23 mu nzego z’umutekano za leta

Umudepite uhagarariye leta ya Texas mu nteko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko kwinjiza abarwanyi ba M23 b’Abanyecongo mu nzego z’umutekano za leta kandi ibihugu by’akarere bigakorana mu...
23 January 2026 Yasuwe: 246 0

U Rwanda rwashimangiye ko ruzagumishaho ingamba z’ubwirinzi mu gihe FDLR itarasenywa

Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mathilde Mukantabana, yashimangiye ko ingamba z’ubwirinzi zizagumaho mu gihe cyose ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...
23 January 2026 Yasuwe: 286 0

Trump yatangije komite izagenzura ibikorwa byo kubaka Gaza

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangije ku mugaragaro komite izagenzura ibikorwa byo kugarura amahoro mu ntara ya Gaza no kubaka iterambere ryayo nyuma y’imyaka myinshi...
22 January 2026 Yasuwe: 371 0

Uganda: Umudepite wo mu ishyaka rya Bobi Wine yatawe muri yombi

Kuri uyu wa 22 Mutarama 2026, igipolisi cya Uganda cyatangaje ko cyafunze umudepite Muwanga Kivumbi, akaba ari visi perezida w’ishyaka rikomeye ritavuga rumwe n’ubutegetsi, National Unity Platform...
22 January 2026 Yasuwe: 439 0

Ryanair yishongoye kuri Elon Musk wavuze ko ashaka kuyigura

Umuyobozi Mukuru wa sosiyete y’indege ya Ryanair iri mu zikomeye ku mugabane w’u Burayi, Michael O’Leary, yateye utwatsi igitekerezo cya Elon Musk cyo kuyigura, yishongora kuri uyu muherwe wa mbere...
22 January 2026 Yasuwe: 306 0

Prof. Duclert yavuze ko Afite impungenge ko abazasimbura Macro bazasenya ibyubatswe mu mubano n’u Rwanda

Umushakashatsi w’Umufaransa wagaragaje uruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Prof. Vincent Duclert, ahangayikishijwe n’uko abazasimbura Perezida Emmanuel Macron ku...
22 January 2026 Yasuwe: 417 0

Abarangiza ibihano ku byaha bya Jenoside batarahindutse by’ukuri bibangamiye ubumwe bw’Abanyarwanda

Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Eric Mahoro, yavuze ko imwe mu mbogamizi ikomeje kubangamira ubumwe bw’Abanyarwanda ari uko hakiri...
22 January 2026 Yasuwe: 224 0

Abavuye kureba Final ya AFCON babikesha irushanwa rya Skol ryiswe" TWAGIYE MOROCCO" bagarutse mu Rwanda n’akanyamuneza

Uruganda rwa Skol Brewery Ltd rwatangaje ko ku bufatanye na Mundi center ndetse na Aitel Money, bishimira uburyo basoje irushanwa riswe “ TWAGIYE MOROCCO” aho abegukanye iri rushanwa bahawe...
22 January 2026 Yasuwe: 287 0

Human Rights Watch iranenga leta ya RDC nyuma y’uko rya M23 ivuye muri Uvira

Umuryango uharanira Uburenganzira bwa Muntu, Human Rights Watch (HRW), watangaje ko ivamo rya AFC/M23 "ritunguranye" mu Mujyi wa Uvira, mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,...
21 January 2026 Yasuwe: 931 0