Perezida Volodymyr Zelensky yatangaje ko ibiganiro by’impande eshatu bigamije kurangiza intambara yo muri Ukraine bigiye kuba, bikazahuza Ukraine, Uburusiya na Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Umudepite uhagarariye leta ya Texas mu nteko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko kwinjiza abarwanyi ba M23 b’Abanyecongo mu nzego z’umutekano za leta kandi ibihugu by’akarere bigakorana mu...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangije ku mugaragaro komite izagenzura ibikorwa byo kugarura amahoro mu ntara ya Gaza no kubaka iterambere ryayo nyuma y’imyaka myinshi...
Kuri uyu wa 22 Mutarama 2026, igipolisi cya Uganda cyatangaje ko cyafunze umudepite Muwanga Kivumbi, akaba ari visi perezida w’ishyaka rikomeye ritavuga rumwe n’ubutegetsi, National Unity Platform...
Umuyobozi Mukuru wa sosiyete y’indege ya Ryanair iri mu zikomeye ku mugabane w’u Burayi, Michael O’Leary, yateye utwatsi igitekerezo cya Elon Musk cyo kuyigura, yishongora kuri uyu muherwe wa mbere...
Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Eric Mahoro, yavuze ko imwe mu mbogamizi ikomeje kubangamira ubumwe bw’Abanyarwanda ari uko hakiri...
Uruganda rwa Skol Brewery Ltd rwatangaje ko ku bufatanye na Mundi center ndetse na Aitel Money, bishimira uburyo basoje irushanwa riswe “ TWAGIYE MOROCCO” aho abegukanye iri rushanwa bahawe...
Umuryango uharanira Uburenganzira bwa Muntu, Human Rights Watch (HRW), watangaje ko ivamo rya AFC/M23 "ritunguranye" mu Mujyi wa Uvira, mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo,...