skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Kivu y’Amajyepfo: Abasivile batanu bishwe n’igisasu muri santere ya Sange

Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko imitwe y’ingabo ishyigikiwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yajugunye igisasu mu isoko ryo muri santere ya Sange mu ntara ya Kivu...
30 January 2026 Yasuwe: 296 0

Trump yise akaga imikoranire y’u Bwongereza n’u Bushinwa

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yavuze ko imikoranire y’u Bwongereza n’u Bushinwa igamije kongera ishoramari n’ubucuruzi ari akaga gakomeye.
30 January 2026 Yasuwe: 235 0

U Rwanda na Pakistan byemeranyije gukorana ubucuruzi hifashishijwe icyambu cya Gwadar

Pakistan n’u Rwanda byemeranyije gukomeza ubufatanye mu bucuruzi binyuze mu gukoresha icyambu cya Gwadar nk’uburyo buhuriweho bwo kohereza ibicuruzwa ku masoko yo muri Afurika binyuze mu ngendo zo...
30 January 2026 Yasuwe: 212 0

FARDC yisunze FDLR mu rugamba rwo kwambura Twirwaneho agace ka Point-Zéro

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, iz’u Burundi n’imitwe ya Wazalendo byisubije agace ka Point-Zéro mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma yo kwifashisha drones nyinshi mu rugamba...
30 January 2026 Yasuwe: 448 0

Venezuela yavuye ku izima, yemerera abikorera gucukura peteroli

Perezida w’Inzibacyuho wa Venezuela, Delcy Rodriguez, yatangaje ko yasinye umushinga w’itegeko ryemerera ibigo byigenga kwinjira mu bucukuzi bwa peteroli, aho gukorwa na leta gusa.
30 January 2026 Yasuwe: 169 0

RCS yatangaje ko abagororwa umunani batorotse amagororero mu mwaka umwe

Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS) rwatangaje ko kuva mu 2025 kugeza ubu hari abagororwa umunani batorotse amagororero yo hirya no hino mu gihugu, batandatu muri bo barafatwa bongera gufungwa.
30 January 2026 Yasuwe: 212 0

Umushinga wo kubaka uruganda rutunganya gaz muri Cabo Delgado wasubukuwe

Ku wa 29 Mutarama 2026, Leta ya Mozambique n’ikigo TotalEnergies gifite icyicaro gikuru mu Bufaransa, byasubukuye umushinga mugari wo kubaka uruganda ruzajya rutunganya gaz mu Ntara ya Cabo Delgado.
30 January 2026 Yasuwe: 190 0

U Rwanda na Misiri mu biganiro by’ubufatanye mu by’amazi

Minisitiri ushinzwe umutungo w’amazi n’ibikorwa byo kuhira mu Misiri, Prof. Hani Sewilam, ari mu Rwanda mu biganiro bigamije guteza imbere ubufatanye mu by’amazi.
30 January 2026 Yasuwe: 177 0

Cuba yigaramye Trump ku byo kugirana ibiganiro na Amerika

Perezida wa Cuba, Miguel Diaz-Canel yatangaje ko nta biganiro igihugu cye kigeze kigirana na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu gihe Donald Trump uyiyobora yari yatangaje ko mu minsi ishize ibi...
30 January 2026 Yasuwe: 165 0

Burkina Faso yasheshe amashyaka ya politike

Guverinoma ya Burkina Faso yasheshe amashyaka ya politiki yose yo mu gihugu ndetse n’amategeko agenga imikorere yayo.
30 January 2026 Yasuwe: 202 0