skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

MINISPORTS yasabwe ibisobanuro ku mushinga wa Isonga usa n’udatanga umusaruro

Abadepite babajije Minisitiri wa Siporo ku mushinga wa Isonga usa n’udatanga umusaruro bijyanye n’uko uvugwa, n’ingamba zihari zigamije gutuma ugaragaza impinduka zigarararira buri wese.
20 February 2026 Yasuwe: 140 0

Minisitiri Rwego yashyikirije ibendera abazahagararira u Rwanda muri ‘WRC Safari Rally’

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ya Siporo, Rwego Ngarambe, yashyikirije ibendera ry’u Rwanda amakipe ane azaruhagararira mu irushanwa ryo gusiganwa mu modoka rya ‘WRC Safari Rally’ riri mu...
20 February 2026 Yasuwe: 125 0

Rutsiro: Umukingo wagwiriye inzu abana babiri bari baryamye barapfa

Inzu yari iryamyemo aba babiri barimo uw’imyaka itandatu n’uw’ibiri bo mu Karere ka Rutsiro yagwiriwe n’umukingo, abana bombi bahita bapfa.
20 February 2026 Yasuwe: 199 0

Trump ashobora kwitirirwa ikibuga cy’indege cy’i Florida

Abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Florida muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, batoye itegeko rigamije kwitirira Perezida Donald Trump, ikibuga cy’indege cyo muri iyi Leta.
20 February 2026 Yasuwe: 132 0

Perezida Macron na Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani mu ntambara y’amagambo

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron na Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani, Giorgia Meloni bongeye kugaragaza kutavuga rumwe, biturutse ku kibazo cy’umusore w’Umufaransa wishwe na mugenzi we mu...
20 February 2026 Yasuwe: 205 0

Gen Maj Muhanguzi wa Uganda yagaragaje ko RDC itakabaye icumbikira abanzi b’u Rwanda

Umuyobozi wa Diviziyo ya 2 y’ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Gen Maj Paul Muhanguzi, yagaragaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo itakabaye icumbikira abarwanyi b’imitwe yitwaje...
20 February 2026 Yasuwe: 262 0

Ishyaka PSR ryatoye abayobozi bashya

Ishyaka rya Gisosiyalisiti Rirengera Abakozi mu Rwanda (PSR) ryatoye abayobozi bashya mu Nteko Rusange yaryo ya 11 yabereye i Kigali, ku wa 9 Ugushyingo 2025, aho ryatoye, komite na komisiyo,...
19 February 2026 Yasuwe: 363 0

Abana ibihumbi 18 bunganiwe mu mategeko nta kiguzi

Ubuyobozi bw’Urugaga rw’Abavoka bwatangaje ko mu myaka itanu ishize rumaze gutanga ubwunganizi mu mategeko nta kiguzi ku bana barenga ibihumbi 18, ariko ko uwo mubare udahagije ugereranyije n’ababa...
19 February 2026 Yasuwe: 148 0

Umushinjacyaha Mukuru wa Girikare Col. Sumanyi yarahiriye kuzuza inshingano ze

Col Charles Sumanyi uherutse kugirwa Umushinjacyaha Mukuru wa Gisirikare yarahiriye kuzuza inshingano ze nk’uko ziteganywa n’amategeko ya Repubulika y’u Rwanda
19 February 2026 Yasuwe: 302 0

Abana basaga 300 bari kumwe na ba Nyina mu Magororero

Minisiteri y’Uburinganire n’iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF) , yagaragaje ko kugeza ubu habarurwa abagore bafite abana bagera kuri 328 bari mu magororero ya Nyarugenge, Nyamagabe,Musanze na Ngoma.
19 February 2026 Yasuwe: 310 0