Abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Florida muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, batoye itegeko rigamije kwitirira Perezida Donald Trump, ikibuga cy’indege cyo muri iyi Leta.
Umuyobozi wa Diviziyo ya 2 y’ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Gen Maj Paul Muhanguzi, yagaragaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo itakabaye icumbikira abarwanyi b’imitwe yitwaje...
Ishyaka rya Gisosiyalisiti Rirengera Abakozi mu Rwanda (PSR) ryatoye abayobozi bashya mu Nteko Rusange yaryo ya 11 yabereye i Kigali, ku wa 9 Ugushyingo 2025, aho ryatoye, komite na komisiyo,...
Ubuyobozi bw’Urugaga rw’Abavoka bwatangaje ko mu myaka itanu ishize rumaze gutanga ubwunganizi mu mategeko nta kiguzi ku bana barenga ibihumbi 18, ariko ko uwo mubare udahagije ugereranyije n’ababa...
Col Charles Sumanyi uherutse kugirwa Umushinjacyaha Mukuru wa Gisirikare yarahiriye kuzuza inshingano ze nk’uko ziteganywa n’amategeko ya Repubulika y’u Rwanda
Minisiteri y’Uburinganire n’iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF) , yagaragaje ko kugeza ubu habarurwa abagore bafite abana bagera kuri 328 bari mu magororero ya Nyarugenge, Nyamagabe,Musanze na Ngoma.