skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

MIFOTRA yatanze ikiruhuko cy’Umunsi w’Intwari

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (MIFOTRA) yatangaje ko ku wa 2 Gashyantare 2026 ari umunsi w’ikiruhuko rusange mu rwego rwo kwizihiza Umunsi w’Intwari.
30 January 2026 Yasuwe: 646 0

Huye: Uwasambanyijwe ku myaka 16 agowe no kurera umwana ufite ubumuga bukomatanyije

Yatewe inda akiri umwangavu w’imyaka 16 y’amavuko, agira ibyago byo kubyara umwana ufite ubumuga bukomatanyije burimo ubwo kutumva, kutavuga n’ubw’ingingo.
30 January 2026 Yasuwe: 480 0

U Burundi bwavuze ko budateganya gufungura imipaka yabwo na RDC ndetse no kurekura impunzi z’Abanye-Congo

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi, Dr. Edouard Bizimana, yatangaje ko igihugu cye kititeguye gufungura imipaka yo ku butaka gihuriyeho na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
30 January 2026 Yasuwe: 396 0

Uganda: Minisitiri w’Intebe yasabye Bobi Wine kureka urwenya, kuko ntawurikumuhiga

Minisitiri w’Intebe wa Uganda, Robinah Nabbanja, yasabye Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine guhagarika ibyo yise gukina urwenya agasubira mu rugo kuko nta muntu urimo kumuhiga.
30 January 2026 Yasuwe: 496 0

Hakim Ziyech yanze kujya muri RDC ku bw’umutekano we

Hakim Ziyech ukinira Wydad AC yanze kujyana na bagenzi be muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), kuko atizeye umutekano w’aho bazakinira umukino wa CAF Confederation Cup.
30 January 2026 Yasuwe: 535 0

U Bushinwa na Amerika mu ihangana ryo kubaka ububiko bw’amakuru mu isanzure

U Bushinwa burateganya kuba bwarubatse ibigo by’ububiko bw’amakuru mu isanzure mu myaka itanu iri imbere, aho intego ari ukuzajya hatunganyirizwa amakuru aho kuba ku Isi.
30 January 2026 Yasuwe: 208 0

Rutsiro: Umusore w’imyaka 23 afungiwe gusambanya umwana w’imyaka 9

Umusore w’imyaka 23 wo mu Karere ka Rutsiro yatawe muri yombi akurikiranyweho gusambanya umwana w’imyaka icyenda, akaba mubyara we babanaga kwa nyirakuru ubyara ababyeyi babo.
30 January 2026 Yasuwe: 333 0

Kivu y’Amajyepfo: Abasivile batanu bishwe n’igisasu muri santere ya Sange

Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko imitwe y’ingabo ishyigikiwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yajugunye igisasu mu isoko ryo muri santere ya Sange mu ntara ya Kivu...
30 January 2026 Yasuwe: 296 0

Trump yise akaga imikoranire y’u Bwongereza n’u Bushinwa

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yavuze ko imikoranire y’u Bwongereza n’u Bushinwa igamije kongera ishoramari n’ubucuruzi ari akaga gakomeye.
30 January 2026 Yasuwe: 235 0

U Rwanda na Pakistan byemeranyije gukorana ubucuruzi hifashishijwe icyambu cya Gwadar

Pakistan n’u Rwanda byemeranyije gukomeza ubufatanye mu bucuruzi binyuze mu gukoresha icyambu cya Gwadar nk’uburyo buhuriweho bwo kohereza ibicuruzwa ku masoko yo muri Afurika binyuze mu ngendo zo...
30 January 2026 Yasuwe: 212 0