skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Umuyobozi w’Inzu Ndangamurage ya Louvre yeguye nyuma y’ubujura bwayibasiye

Amakuru dukesha France 24 avuga ko ku wa Kabiri tariki 24 Gashyantare 2026, Perezida Emmanuel Macron yashyikirijwe ubwegure bwa Laurence des Cars, ndetse ahita abwemeza. Macron yavuze ko kwegura...
25 February 2026 Yasuwe: 119 0

Hatangajwe amakuru ku Banyafurika y’Epfo bisanze mu ntambara y’u Burusiya nyuma yo kwizezwa ibitangaza

Abantu 11 mu itsinda rya 17 bo muri Afurika y’Epfo bisanze barwanira u Burusiya mu ntambara yo muri Ukraine nyuma yo kujyanwa bizezwa akazi, bagiye kugarurwa mu Gihugu cyabo.
25 February 2026 Yasuwe: 198 0

Ubutumwa bwa mbere bw’umuyobozi wo hejuru muri AFC/M23 buca amarenga y’urupfu rwa Willy Ngoma

Mu butumwa budatomora ku bijyanye n’urupfu rw’Umuvugizi w’igisirikare cya AFC/M23, Lt Col Willy Ngoma, Umuhuzabikorwa Wungirije w’iri Huriro, Bertrand Bisimwa yatangaje ko urugamba...
25 February 2026 Yasuwe: 2810 0

Uhagarariye u Rwanda muri America yitabiriye umuhango Trump yavugiyemo ijambo rizwi nka ‘Union Address’

Uhagarariye u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za America, Mathilde Mukantabana yitabiriye umuhango wavugiwemo ijambo rya Perezida Donald Trump ryagarutse ku bikorwa by’ingenzi n’imigabo n’imigambi...
25 February 2026 Yasuwe: 283 0

Bobi Wine ntakozwa ibyo kumvikana na Leta ya Uganda ngo ave mu bwihisho

Umunyapolitiki Robert Kyagulanyi Ssentamu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda ntakozwa ibyo kumvikana na bwo kugira ngo ave mu bwihisho amazemo igihe kirenga ukwezi.
25 February 2026 Yasuwe: 236 0

Zelenskyy yashinje Abanyaburayi gushaka kumukura ku butegetsi

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy yavuze ko abo mu Burengerazuba bw’Isi bakomeje kumuhatira gutegura amatora nk’uburyo bwo gushaka kumukura ku butegetsi.
25 February 2026 Yasuwe: 252 0

Impamvu imisanzu ya Mituweli yongerewe

Minisiteri y’Ubuzima ifatanyije n’Ikigo cy’Igihugu cy’ubwiteganyirize, RSSB, byasobanuye ko kuzamura imisanzu ya Mituweli byaturutse kuri serivisi nyinshi z’ubuvuzi zongerewe kuri ubu bwisungane...
25 February 2026 Yasuwe: 501 0

Abarenga miliyoni 1,8 ni bo bamaze gufotorwa: Mu ndiba y’umushinga w’indangamuntu nkoranabuhanga

Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, yatangaje ko abantu barenga miliyoni 1,8 ari bo bamaze gufotorwa muri gahunda y’umushinga w’indangamuntu koranabuhanga.
25 February 2026 Yasuwe: 187 0

Ghana: Ikibuga cy’indege cya ‘Kotoka’ cyahinduriwe izina

Guverinoma ya Ghana yatangaje ko yamaze gusiba ku kibuga mpuzamahanga cy’indege izina ry’umwe mu bayoboye ihirikwa ku butegetsi ryakorewe perezida wa mbere w’igihugu Kwame Nkrumah mu myaka 60 ishize.
25 February 2026 Yasuwe: 121 0

Urujijo ku ndege yageze i Miami yatobowe n’isasu

Indege ya sosiyete ya American Airlines yavaga muri Colombia, yasanzwemo umwobo bigaragara ko ari uwanyuzemo isasu, biteza urujijo kuko hatigeze hamenyekana igihe yarasiwe.
25 February 2026 Yasuwe: 282 0