Amakuru dukesha France 24 avuga ko ku wa Kabiri tariki 24 Gashyantare 2026, Perezida Emmanuel Macron yashyikirijwe ubwegure bwa Laurence des Cars, ndetse ahita abwemeza.
Macron yavuze ko kwegura...
Abantu 11 mu itsinda rya 17 bo muri Afurika y’Epfo bisanze barwanira u Burusiya mu ntambara yo muri Ukraine nyuma yo kujyanwa bizezwa akazi, bagiye kugarurwa mu Gihugu cyabo.
Uhagarariye u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za America, Mathilde Mukantabana yitabiriye umuhango wavugiwemo ijambo rya Perezida Donald Trump ryagarutse ku bikorwa by’ingenzi n’imigabo n’imigambi...
Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo, yatangaje ko abantu barenga miliyoni 1,8 ari bo bamaze gufotorwa muri gahunda y’umushinga w’indangamuntu koranabuhanga.
Guverinoma ya Ghana yatangaje ko yamaze gusiba ku kibuga mpuzamahanga cy’indege izina ry’umwe mu bayoboye ihirikwa ku butegetsi ryakorewe perezida wa mbere w’igihugu Kwame Nkrumah mu myaka 60 ishize.
Indege ya sosiyete ya American Airlines yavaga muri Colombia, yasanzwemo umwobo bigaragara ko ari uwanyuzemo isasu, biteza urujijo kuko hatigeze hamenyekana igihe yarasiwe.