skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Abiga mu mashuri yisumbuye bikubye inshuro zirenga 20 mu myaka 32

Minisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph, yatangaje ko uburezi bw’u Rwanda bwateye imbere mu buryo bufatika mu myaka 32 ishize, guhera ku kubaka ibikorwaremezo kugeza ku bwitabire, kuko abiga mu...
6 February 2026 Yasuwe: 123 0

Turahirwa Moses yahawe itariki azaburaniraho mu bujurire

Urukiko Rukuru wa Kigali rwamaze gutanga itariki yo kuburanishaho urubanza rwa Turahirwa Moses wahamijwe icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge, agahanishwa igifungo cy’umwaka umwe.
6 February 2026 Yasuwe: 194 0

Umuhanzi Bruce Melodie yasabye ko umuziki wakongerwa mu bukerarugendo bw’u Rwanda

Umuhanzi uri mu bafite izina rikomeye mu Rwanda Bruce Melodie yagaragaje ko umuziki n’abahanzi ubwabo bameze nk’ingagi kuko nabo binjiza amadovize binyuze mu bihangano byabo abishingiraho asaba ko...
6 February 2026 Yasuwe: 129 0

Rutsiro: Umwana w’ imyaka 3 yaguye mu cyobo cy’ubwiherero arapfa

Mu Mudugudu wA Rukoko, Akagari ka Gihira, Umurenge wa Ruhango, Akarere ka Rutsiro, haravugwa urupfu rw’umwana w’imyaka 3 witwaga Niyibikora Samuel washizemo umwuka aguye mu cyobo cy’ubwiherero...
6 February 2026 Yasuwe: 214 0

Fally Merci yatumiye Perezida Kagame muri ‘Gen-Z Comedy’

Umunyarwenya Ndaruhutse Merci uzwi nka Fally Merci yatumiye Perezida Kagame muri ‘Gen-Z Comedy’, ibitaramo ngarukakwezi byo gusetsa amaze imyaka itatu ategura.
6 February 2026 Yasuwe: 234 0

Ikibazo si amasezerano , ni ubushake bwa Politiki – Amb Minisitiri Nduhungirehe yavuye imuzi icyadindije ibiganiro by’amahoro

Minisitiri w’ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda ,Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko Repubulika Iharanira Demokasi ya Congo yakomeje gushinja u Rwanda kudashyira mu bikorwa amasezerano nyamara RDC...
6 February 2026 Yasuwe: 170 0

Scovia Mutesi yatabarije itangazamakuru ryo mu Rwanda

Umunyamakuru akaba n’Umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu rw’Abanyamakuru Bigenzura (RMC), Mutesi Scovia, yagaragarije Umukuru w’Igihugu ibibazo by’amikoro biri mu itangazamakuru ryo mu Rwanda birimo...
6 February 2026 Yasuwe: 290 0

Nyabihu: Gishwati amaterasi y’indinganire yazamuye umusaruro w’abahinzi

Abaturage bo mu gace gakorerwamo ubuhinzi n’ubworozi ka Gishwati, mu Murenge wa Bigogwe, Akarere ka Nyabihu, bavuga ko amaterasi y’indinganire bakorewe yabafashije kongera umusaruro wabo ku buryo...
6 February 2026 Yasuwe: 123 0

Umuyobozi mukuru wa RGB yasabye urubyiruko kwitabira gahunda za Leta

Umuyobozi mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB), Uwicyeza Doris Picard yasabye urubyiruko kwitabiri gahunda za Leta kugira ngo bave ku kuba abagenerwabikorwa babe abafatanyabikorwa ba Leta.
6 February 2026 Yasuwe: 197 0

Amafaranga abanyarwanda baba mu mahanga bohereza mu Rwanda ageze kuri miliyoni 502$

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko abanyarwanda baba mu mahanga bagira uruhare rukomeye mu guteza imbere ubukungu bw’igihugu ndetse amafaranga buhereza mu gihugu...
6 February 2026 Yasuwe: 128 0