Papa Léon XIV agiye gusura ibihugu bya Afurika, ibizaba ari urugendo rwa mbere akoreye ku kindi gihugu mu 2026, by’umwihariko kuri uyu mugabane Kiliziya Gatolika ikomeje kungukaho abayoboke.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye ubuyobozi bwa Netflix imaze kubaka izina mu bucuruzi bwa filime n’ibiganiro, kwirukana Susan Rice mu nama y’ubutegetsi yayo.
Minisitiri w’Intambara muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Pete Hegseth, yavuze ko na we ategereje kumenya niba koko ibivejuru bizwi nka ‘aliens’ bibaho.
Charlene Ruto, umukobwa wa Perezida wa Kenya, William Ruto, yasuye Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda (UPDF), Gen. Muhoozi Kainerugaba. Bahuye kuri uyu wa 25 Gashyantare 2026, ku cyicaro gikuru...
Guverinoma y’u Rwanda n’Ikigega Mpuzamahanga giteza imbere Ubuhinzi n’Ubworozi (IFAD) basinye amasezerano y’inkunga angana na miliyoni 78.5 z’amadolari ya Amerika ni ukuvuga angana na miliyari...