Igikombe cya FERWABA Super Cup cyahawe Tigers BBC nyuma yo gutsinda APR BBC cyibwe n’abafana batishyuwe nyuma yo kwizezwa ko bahabwa amafaranga umukino urangiye ariko ikipe ikavuga ko gihari.
Niyotwagira Jean Damascène, umuturage wo mu Karere ka Ngoma mu Ntara y’Iburasirazuba, avuga ko nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi nta kintu yari afite iwe mu rugo. Mu rugendo rw’ubuzima bwe,...
Abaturage bo mu kagari ka Shonga mu Mudugudu wa Nyakanoni uhana imbibi n’ahitwa mu Karere ho mu gihugu cya Uganda bavuga ko bashima ubuyobozi bwashyizeho ingamba zo gukumira inzoga ya Kanyanga kuko...
Umuhanzi Bruce Melodie ukomeje kwagura umuziki we yagaragaje ibyishimo yatewe no kumva Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame avuga izina rye atangaza ko biri mu bimutera imbaraga.
Ubusanzwe yitwa Rubyogo Lucas, mu muziki azwi nka Levixone. Ni umuhanzi w’icyamamare mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana by’umwihariko muri Uganda no mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba.
Mu gukemura ikibazo cy’abaganga bava mu mahanga ari bake kandi bakagera mu Rwanda inshuro nke, hagiye gutangira kwigishwa amasomo yo kubaga kanseri zifata mu rwungano rw’inkari ziganjemo iya...
Abantu 31 bishwe, abandi benshi barakomereka, mu gitero cy’ubwiyahuzi cyabereye mu musigiti w’Abashiya mu murwa mukuru wa Pakistan, Islamabad, mu gihe cy’amasengesho yo kuri uyu wa Gatanu, nk’uko...