Israel yagabye ibindi bitero by’indege kuri Iran, ndetse itangira no kugaba ibitero ku barwanyi ba Hezbollah bashyigikiwe na Iran muri Libani ku wa Mbere, mu gihe Tehran na yo yatangaje ko yagabye...
Minisiteri y’Ingabo za Kuwait yatangaje ko kuri uyu wa Mbere indege nyinshi z’intambara za Leta Zunze Ubumwe za Leta zakoreye impanuka muri iki gihugu, gusa abapilote bazo bose bashobora...
Perezida wa Kenya arimo kunengwa n’abakoresha imbuga nkoranyambaga nyuma y’uko yanditse yamagana ibitero birimo gukorwa na Iran ku bihugu byo mu karere k’uburasirazuba bwo hagati.
Mu ijoro ryo kuwa gatandatu rishyira ku cyumweru amasasu menshi yumvikaknye hafi y’ibiro by’umukuru w’igihugu cya Burkina Faso ariko kugeza ubu ibirambuye ku byabaye ntibiramenyekana.
Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya yatangaje ko yihanganisha Iran nyuma y’urupfu rw’umutegetsi w’Ikirenga Ali Khamenei, nk’uko bivugwa n’ibiro ntaramakuru TASS bya leta ya Moscow.