Urukiko rw’Ikirenga mu Bushinwa rwakuyeho igihano cy’urupfu ku munya-Canada uregwa gucuruza ibiyobyabwenge, nk’uko umunyamategeko we yabitangarije ibiro ntaramakuru Reuters kuri uyu wa mbere.
Kuva tariki ya 5-6 Gashyantare i Kigali haberaga inama Inama y’Igihugu y’Umushyikirano yabaye ku nshuro ya 20,yagarutse ku ngingo zitandukanye zireba igihugu .
Kim Kardashian wamenyekanye cyane mu bijyanye n’imideli n’ibiganiro byo kuri televiziyo ndetse na Lewis Hamilton, wanditse izina mu masiganwa y’imodoka nto za formula 1, bongeye kugaragaza ko...
Abagore bagize urugaga rushamikiye ku Muryango FPR Inkotanyi mu Karere ka Ruhango, baratangaza ko bagiye kwita ku isuku nk’umuco kugira ngo babere abandi intangarugero.
Senateri Mureshyankwano Marie Rose yavuze ko hari ibintu bitatu by’ingenzi bituma akunda Inkotanyi mu buryo buhebuje. Senateri Mureshywankano ntabwo ajya avuga urukundo akunda Inkotanyi ngo...
Umuhanzi Bruce Melodie yashimangiye ko we na The Ben kuri ubu basa n’abari ku ruhembe mu muziki nyarwanda , bagiye kuzenguruka igihugu mu bitaramo byiswe ‘2026 Summer Country Tour’.
Abapolisi n’abasirikare b’u Rwanda bitabiriye amarushanwa y’abashinzwe umutekano bihariye mu bikorwa byo guhangana n’iterabwoba hifashishijwe intwaro na tekiniki, ari kubera i Dubai muri Leta Zunze...