skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Umunya-Canada Yakuriweho igihano cy’urupfu nyuma y’urugendo rwa Minisitiri w’Intebe wa Canada mu Bushinwa

Urukiko rw’Ikirenga mu Bushinwa rwakuyeho igihano cy’urupfu ku munya-Canada uregwa gucuruza ibiyobyabwenge, nk’uko umunyamategeko we yabitangarije ibiro ntaramakuru Reuters kuri uyu wa mbere.
9 February 2026 Yasuwe: 114 0

Ibinengwa n’ibidasobanutse ku munyamakuru Hariana wagaragaye abaza Trump ibibazo by’u Rwanda na DRC

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yavuze ko bidasobanutse kuba umunyamakuru Hariana Verás Victória avuga ko avuganirana Abanyafurika muri Leta Zunze Ubumwe...
9 February 2026 Yasuwe: 167 0

Inama y’igihugu y’umushyikirano ya 20, yasize musaruro ki?

Kuva tariki ya 5-6 Gashyantare i Kigali haberaga inama Inama y’Igihugu y’Umushyikirano yabaye ku nshuro ya 20,yagarutse ku ngingo zitandukanye zireba igihugu .
9 February 2026 Yasuwe: 116 0

Rwanda: Abarenga miliyoni 2 bivuza indwara z’ubuhumekero buri mwaka

Buri mwaka, abantu barenga miliyoni ebyiri mu Rwanda bivuza indwara z’ubuhumekero, aho usanga zikunze gusuzugurwa no kutitabwaho nubwo ziri mu zizahaza umubiri, byagera ku bana zigasya zitanzitse.
9 February 2026 Yasuwe: 83 0

Lewis Hamilton na Kim Kardashian bongeye guca amarenga k’uko bari mu rukundo

Kim Kardashian wamenyekanye cyane mu bijyanye n’imideli n’ibiganiro byo kuri televiziyo ndetse na Lewis Hamilton, wanditse izina mu masiganwa y’imodoka nto za formula 1, bongeye kugaragaza ko...
9 February 2026 Yasuwe: 118 0

Ruhango: Biyemeje kuba intangarugero mu isuku

Abagore bagize urugaga rushamikiye ku Muryango FPR Inkotanyi mu Karere ka Ruhango, baratangaza ko bagiye kwita ku isuku nk’umuco kugira ngo babere abandi intangarugero.
9 February 2026 Yasuwe: 136 0

Kigali: Iminsi 5 irashize Polisi itegereje uwibye telefoni agahungira muri Ruhurura

Polisi y’igihugu imaze iminsi itanu , itegereje gufata ukekwaho ubujura bwa telefoni , agahungira muri Ruhurura . Gusa umwe mu bantu babiri bakekwa, akaba yamaze gutabwa muri yombi .
9 February 2026 Yasuwe: 769 0

Senateri Mureshyankwano: Ibintu bitatu byatumye akunda Inkotanyi bihebuje

Senateri Mureshyankwano Marie Rose yavuze ko hari ibintu bitatu by’ingenzi bituma akunda Inkotanyi mu buryo buhebuje. Senateri Mureshywankano ntabwo ajya avuga urukundo akunda Inkotanyi ngo...
9 February 2026 Yasuwe: 273 0

Bruce Melodie na The Ben mu bitaramo bizenguruka igihugu

Umuhanzi Bruce Melodie yashimangiye ko we na The Ben kuri ubu basa n’abari ku ruhembe mu muziki nyarwanda , bagiye kuzenguruka igihugu mu bitaramo byiswe ‘2026 Summer Country Tour’.
9 February 2026 Yasuwe: 149 0

Abapolisi n’Ingabo z’u Rwanda berekanye ubuhanga muri ‘UAE SWAT Challenge’

Abapolisi n’abasirikare b’u Rwanda bitabiriye amarushanwa y’abashinzwe umutekano bihariye mu bikorwa byo guhangana n’iterabwoba hifashishijwe intwaro na tekiniki, ari kubera i Dubai muri Leta Zunze...
9 February 2026 Yasuwe: 370 0