Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasabye Abanya-Iran bakomeje imyigaragambyo kwigarurira inzego za Leta, abizeza ko Amerika iri mu nzira yo kubafasha.
Mu ijoro ryo ku wa 13 Mutarama 2026 rishyira ku wA 14 Mutarama 2026, abafatanyabikorwa ba FARDC bitwa Wazalendo bagabye igitero gikomeye ku birindiro by’inyeshyamba za AFC/M23 mu gace ka Kalembe,...
Umugabo witwa Maniraguha Jean Marie Vianney wo mu Murenge wa Bugeshi mu Karere ka Rubavu, yishe umugore we babanaga mu buryo butemewe n’amategeko witwa Manizabayo Beatrice amuziza ko yamwatse...
Impushya zo gutwara ibinyabiziga zatangiwe mu Rwanda n’izatangiwe mu mahanga ariko zifitwe n’abemerewe gutura mu Rwanda bya burundu ni zo zonyine zizashyirwa mu buryo bw’ikoranabuhanga bushya bwo...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, (FERWAFA), ryatangaje ko ryamaze gutumira amakipe ane azakina irushanwa ry’Intwari ry’umwaka wa 2026, rizitabirwa n’amakipe yasoje mu myanya ine ya...
Donald Trump yatutse (yeretse urutoki rwa musumba zose) umukozi wo mu mu ruganda ruteranya imodoka rwa Ford ruherereye muri Leta ya Michigan, nyuma yo kumubwira amagambo y’ubushotoranyi.
Guverineri wa Gisirikare w’Intara ya Ituri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Lt. Gen. Johnny Luboya, yatangaje ko azata muri yombi Thomas Lubanga Dyilo, uyobora umutwe w’inyeshyamba wa...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yakuyeho uruhushya rwahaga Abanya-Somalia uburenganzira bwo kuba muri iki gihugu nk’abantu baturuka mu gihugu kirimo amakimbirane.