Ishimwe Fabrice, umusore w’imyaka 20 y’amavuko wo mu Karere ka Musanze, Umurenge wa Cyuve, Akagari ka Kabeza, yapfuye bikekwa ko azize kunywa inzoga ikomeye izwi ku izina ry’icyuma, nyuma yo...
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika yifuza ko intambara ibahuza n’u Burusiya igomba kurangira bitarenze muri Kamena 2026.
Abakoresha icyambu cy’i Karongi kimaze amezi atanu gitangiye kunyuzwaho ibicuruzwa biva mu Rwanda bijya muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bavuga ko basanze ari ho heza ho kunyuza ibicuruzwa...
Igikombe cya FERWABA Super Cup cyahawe Tigers BBC nyuma yo gutsinda APR BBC cyibwe n’abafana batishyuwe nyuma yo kwizezwa ko bahabwa amafaranga umukino urangiye ariko ikipe ikavuga ko gihari.
Niyotwagira Jean Damascène, umuturage wo mu Karere ka Ngoma mu Ntara y’Iburasirazuba, avuga ko nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi nta kintu yari afite iwe mu rugo. Mu rugendo rw’ubuzima bwe,...