Impushya zo gutwara ibinyabiziga zatangiwe mu Rwanda n’izatangiwe mu mahanga ariko zifitwe n’abemerewe gutura mu Rwanda bya burundu ni zo zonyine zizashyirwa mu buryo bw’ikoranabuhanga bushya bwo...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, (FERWAFA), ryatangaje ko ryamaze gutumira amakipe ane azakina irushanwa ry’Intwari ry’umwaka wa 2026, rizitabirwa n’amakipe yasoje mu myanya ine ya...
Donald Trump yatutse (yeretse urutoki rwa musumba zose) umukozi wo mu mu ruganda ruteranya imodoka rwa Ford ruherereye muri Leta ya Michigan, nyuma yo kumubwira amagambo y’ubushotoranyi.
Guverineri wa Gisirikare w’Intara ya Ituri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Lt. Gen. Johnny Luboya, yatangaje ko azata muri yombi Thomas Lubanga Dyilo, uyobora umutwe w’inyeshyamba wa...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yakuyeho uruhushya rwahaga Abanya-Somalia uburenganzira bwo kuba muri iki gihugu nk’abantu baturuka mu gihugu kirimo amakimbirane.
Kuri uyu wa 13 Mutarama 2026, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yasezeye kuri Nyakubahwa Eric William Kneedler, Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe...
Guverinoma y’u Bufaransa igiye guha imyitozo ya gisirikare urubyiruko rw’abakorerabushake 3.000 mu rwego rwo kongera umutekano wabwo imbere mu gihugu no kubaka ubushobozi mu bya gisirikare mu gihe...