Nubwo Amerika na Iran biherutse kugirana ibiganiro, ubutegetsi bw’i Tehran bwatangaje ko bushobora kurasa ku bigo bya gisirikare bya Amerika biri mu Burasirazuba bwo Hagati, mu gihe bwagabwaho...
Abaturage bo mu Murenge wa Rwempasha na Nyagatare barashima ubuyobozi bwabubakiye ikiraro cyo mu kirere cyambukiranya umugezi w’Umuvumba cyaborohereje ingendo kuko batakizenguruka ku muntu uva mu...
Abaturage b’ahitwa Gikoba mu Murenge wa Tabagwe ho mu Karere ka Nyagatare bavuga ko baterwa ishema no guturira ahari indaki Perezida Kagame yabayemo ubwo yari ayoboye urugamba rwo kubohora Igihugu.
APR FC yanganyije na Bugesera FC ibitego 2-2 mu mukino w’umunsi wa 19 wa Shampiyona y’u Rwanda wabereye kuri Stade y’Akarere ka Bugesera, kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 7 Gashyantare 2026.