skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

AFC/M23 yihanangirije ingabo za RDC na Wazalendo basahuye Umujyi wa Uvira

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryihanangirije ingabo z’iki gihugu n’imitwe ya Wazalendo byasubiye huti huti mu Mujyi wa Uvira, ribimenyesha ko...
19 January 2026 Yasuwe: 393 0

Karongi: Umugabo yishe umugore agerageza kwiyahura ntiyapfa

Umugabo w’imyaka 25 wo mu Karere ka Karongi acungishijwe ijisho mu bitaro bya Kibuye akekwaho kwica umugore bigeze kubana akikomeretsa ku ijosi.
19 January 2026 Yasuwe: 351 0

Perezida Kagame yageneye ubutumwa Museveni wegukanye intsinzi mu matora y’umukuru w’igihugu

Perezida Paul Kagame yashimye Yoweri Kaguta Museveni ku ntsinzi aherutse kwegukana mu matora y’umukuru w’igihugu, amwizeza gukomeza umubano n’ubutwererane hagati y’u Rwanda na Uganda.
19 January 2026 Yasuwe: 320 0

Trump yavuze ko ashaka kurinda Greenlad ibitero by’u Burusiya

Perezida wa Amerika Donald Trump yatangaje ko Denmark imaze imyaka myinshi yarananiwe kugira icyo ikora ngo irinde ikirwa cya Greenland kuzigarurirwa n’u Burusiya, ariko igihe kigeze ngo bihinduke.
19 January 2026 Yasuwe: 245 0

Abayobozi ba Hoteli Urubuto y’i Nyanza batawe muri yombi

Polisi y’Igihugu (RNP) yatangaje ko yataye muri yombi bamwe mu bayobozi ba Hoteli Urubuto yo mu Karere ka Nyanza, aho bakurikiranyweho ibijyanye n’umusekirite warohamye muri ‘piscine’ y’iyi hoteli...
16 January 2026 Yasuwe: 1145 0

Ethiopia irashinja Eritrea guha intwaro inyeshyamba zo muri Amhara

Leta ya Ethiopia yashinje igihugu cya Eritrea guha intwaro inyeshyamba zo mu Karere ka Amhara, ivuga ko iki gikorwa kigamije guhungabanya umutekano w’iki gihugu. Ibi byatangajwe n’Igipolisi cya...
16 January 2026 Yasuwe: 440 0

Twirwaneho yambuye ihuriro ry’ingabo za Leta ya RDC agace ka Point-Zéro

Umutwe witwaje wa MRDP-Twirwaneho urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, wafashe agace ka Point-Zéro kari ingenzi ku ihuriro ry’ingabo z’iki gihugu, iz’u Burundi,...
16 January 2026 Yasuwe: 552 0

Umudepite w’Umufaransa wapfobeje Jenoside yakorewe Abatutsi ashobora guhanwa

Umudepite uhagarariye ishyaka RN (Rassemblement National) mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Bufaransa, Frédéric-Pierre Vos, ashobora gufatirwa igihano kubera gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
16 January 2026 Yasuwe: 366 0

Trump yavuze ko Amerika idakwiriye gukora amatora, White House ibyita amashyengo

Perezida Donald Trump yatangaje ko ashingiye ku byiza ubutegetsi bwe bumeza gukora muri manda ye ya kabiri, asanga amatora y’abagize Inteko Ishinga Amategeko ateganyijwe mu Ugushyingo 2026 atari...
16 January 2026 Yasuwe: 454 0

Afurika y’Epfo: Abagera ku 10 bapfiriye mu myuzure

Imvura nyinshi yaguye mu majyaruguru y’iburasirazuba bwa Afurika y’Epfo yateje umwuzure ukomeye wahitanye abagera ku 10, inatera inzego z’ubukerarugendo muri icyo gihugu gufunga pariki ya Kruger,...
16 January 2026 Yasuwe: 240 0