Aborozi n’abacururiza ibiryo by’amatungo mu Karere ka Karongi bavuga ko babangamiwe n’izamuka rya hato na hato ry’ibiciro by’ibiryo by’amatungo bagasaba ko hagira igikorwa mu kwirinda iri zamuka...
Inama ya mbere ya Komisiyo Ihuriweho y’Ubufatanye mu bya Gisirikare hagati y’u Rwanda na Maroc iteraniye i Rabat mu Bwami bwa Maroc, kuva taliki 18 ikazageza ku ya 22 Mutarama 2026.
Umuvandimwe wa Corneille Nangaa ari mu bantu bashya bo mu muryango we bakurikiranywe n’ubutabera bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, ibyo umuryango wa Nangaa uvuga ko ari ukuwibasira...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yahamije ko mu nama Mpuzamahanga y’Ubukungu (WEF: World Economic Forum) iri kubera i Davos mu Busuwisi azabwira abayobozi bo mu bihugu by’u...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yiteze inyungu mu Nama Mpuzamahanga yiga ku Bukungu, (WEF:World Economic Forum) iri kubera i Davos mu Busuwisi, binyuze mu biganiro n’abayobozi batandukanye ku...
Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Bobi Wine, yavuze ko atazigera atanga ikirego mu Rukiko avuguruza ibyavuye mu matora
yo kuwa 15 mutarama 2026 , avuga ko adafite icyizere ku...