Umuvandimwe wa Corneille Nangaa ari mu bantu bashya bo mu muryango we bakurikiranywe n’ubutabera bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, ibyo umuryango wa Nangaa uvuga ko ari ukuwibasira...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yahamije ko mu nama Mpuzamahanga y’Ubukungu (WEF: World Economic Forum) iri kubera i Davos mu Busuwisi azabwira abayobozi bo mu bihugu by’u...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yiteze inyungu mu Nama Mpuzamahanga yiga ku Bukungu, (WEF:World Economic Forum) iri kubera i Davos mu Busuwisi, binyuze mu biganiro n’abayobozi batandukanye ku...
Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Bobi Wine, yavuze ko atazigera atanga ikirego mu Rukiko avuguruza ibyavuye mu matora
yo kuwa 15 mutarama 2026 , avuga ko adafite icyizere ku...
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyatangaje ko cyongeye kugenzura umujyi wa Uvira wo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’uko AFC/M23 yari imaze igihe iwugenzura...
Ingabo z’igisirikare cya Nigeria zatangaje ko zatsinze imwe mu mitwe yitwaje intwaro yakoreraga mu birindiro byayo biherereye mu gace ka Timbuktu mu Majyaruguru ashyira Uburasirazuba bwa Nigeria.