Gaston Sindimwo wabaye Visi Perezida w’u Burundi kuva mu 2015 kugeza mu 2020, yagaragaje ko bitumvikana ko u Rwanda rukomeza gusabwa gukuraho ingamba z’ubwirinzi kandi rugaragaza ko hari ikibazo...
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yagize Girma Wake Umuyobozi w’Agateganyo wa Uganda Airlines, n’umujyanama uzafasha mu mavugurura y’iki kigo.
Amakuru aturuka muri Minisiteri y’Intambara muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, avuga ko ishobora guhagarika imikoranire na Sosiyete ya Anthropic yubatse porogaramu y’ikoranabuhanga ry’ubwenge...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yanenze ukubogama k’umunyamakuru waganirije umujyanama mukuru wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu...
Serivisi zo guhamagara kuri telefone na interineti zasubijweho muri Teritwari ya Masisi nyuma y’iminsi myinshi zikuweho bikagira ingaruka no kuri Rutshuru no mu bindi bice byo muri Kivu...
Umugabo witwa Musirikare Jean, uri muri bamwe mu bantu bo mu Murenge wa Gahunga mu Karere ka Burera, bafatanywe inzoga zitujuje ubuziranenge zitwa Kunjakunja yapfiriye muri kasho ya polisi.
Ibikorwa byo kohereza ingabo za Amerika mu mazi yo ku nkengero za Venezuela n’ubu zikiriyo, ndetse no gufata Nicolas Maduro, byatwaye hafi miliyari 3$.
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko kuva mu 2019 kugeza mu 2025, Abanyarwanda bagera kuri 297 bakorewe ibyaha byo gucuruzwa hirya no hino ku Isi, muri bo abagera kuri 197...