skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Cuba yigaramye Trump ku byo kugirana ibiganiro na Amerika

Perezida wa Cuba, Miguel Diaz-Canel yatangaje ko nta biganiro igihugu cye kigeze kigirana na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu gihe Donald Trump uyiyobora yari yatangaje ko mu minsi ishize ibi...
30 January 2026 Yasuwe: 165 0

Burkina Faso yasheshe amashyaka ya politike

Guverinoma ya Burkina Faso yasheshe amashyaka ya politiki yose yo mu gihugu ndetse n’amategeko agenga imikorere yayo.
30 January 2026 Yasuwe: 202 0

Gen Muhoozi yasabye Amerika imbabazi nyuma yo kuyibasira

Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda akaba n’umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni, Gen Muhoozi Kainerugaba, yasabye imbabazi Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma yo kwibasira Ambasade yazo iri i...
30 January 2026 Yasuwe: 273 0

MINEDUC na yasinye amasezerano y’ubufatanye na MTN Rwanda mu guteza imbere uburezi

Minisiteri y’Uburezi yasinyanye amasezerano y’ubufatanye n’Ikigo cy’Itumanaho cya MTN Rwanda mu bijyanye no guteza imbere uburezi binyuze mu korohereza ibigo by’amashuri kubona internet ndetse no...
29 January 2026 Yasuwe: 271 0

Imirwano ikomeye mu misozi ya Fizi – FARDC na Twirwaneho bararwanira Point-Zéro

Imirwano yabaye ku wa kabiri, ku wa gatatu no kuri uyu wa 29 Mutarama 2026, hagati y’ingabo za leta , Wazalendo hamwe n’abarwanyi ba Twirwaneho bakorana n’umutwe wa M23 mu gace k’imisozi ya Fizi mu...
29 January 2026 Yasuwe: 804 0

Ethiopian Airlines yahagaritse ingendo zijya muri Tigray

Ingendo z’indege zitwara abagenzi hagati y’Umurwa Mukuru wa Ethiopia, Addis Ababa, n’imijyi yo mu majyaruguru y’Intara ya Tigray zahagaritswe, hakekwa ko imirwano yaba igiye kubura hagati y’Ingabo...
29 January 2026 Yasuwe: 286 0

U Bufaransa: Hari kwigwa ku itegeko rizakuraho ihame ry’imibonano mpuzabitsina ku bashakanye

Hashize iminsi mu Bufaransa havugwa ku mushinga w’itegeko, ugamije guhindura imyumvire ku nshingano z’abashakanye, aho abantu benshi bumva ko ari ihame ko gushakana bigomba guherekezwa no gukora...
29 January 2026 Yasuwe: 449 0

Amayeri FDLR ikoresha ngo idatsindwa

Nubwo umutwe wa M23 wagiye ugaragaza intsinzi zikomeye mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), by’umwihariko kuva mu mpeshyi ya 2022, FDLR ntiyigeze itsindwa ku buryo...
29 January 2026 Yasuwe: 900 0

Nyagatare: Polisi iri gushakisha abajura bakomerekeje abaturage batatu

Abantu batari bamenyekana bagiye kwiba mu baturage bo mu Karere ka Nyagatare bakomeretsa abantu batatu ndetse banatwara amwe mu matungo yabo. Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yahise itangira...
29 January 2026 Yasuwe: 256 0

Amerika yarekuye imitungo ya Venezuela yari yarafatiriye

Perezida w’agateganyo wa Venezuela, Delcy Rodriguez, yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika yarekuye imitungo irimo n’amafaranga ya Venezuela yari yarafatiriwe.
29 January 2026 Yasuwe: 303 0