Perezida wa Cuba, Miguel Diaz-Canel yatangaje ko nta biganiro igihugu cye kigeze kigirana na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu gihe Donald Trump uyiyobora yari yatangaje ko mu minsi ishize ibi...
Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda akaba n’umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni, Gen Muhoozi Kainerugaba, yasabye imbabazi Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma yo kwibasira Ambasade yazo iri i...
Imirwano yabaye ku wa kabiri, ku wa gatatu no kuri uyu wa 29 Mutarama 2026, hagati y’ingabo za leta , Wazalendo hamwe n’abarwanyi ba Twirwaneho bakorana n’umutwe wa M23 mu gace k’imisozi ya Fizi mu...
Hashize iminsi mu Bufaransa havugwa ku mushinga w’itegeko, ugamije guhindura imyumvire ku nshingano z’abashakanye, aho abantu benshi bumva ko ari ihame ko gushakana bigomba guherekezwa no gukora...
Nubwo umutwe wa M23 wagiye ugaragaza intsinzi zikomeye mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), by’umwihariko kuva mu mpeshyi ya 2022, FDLR ntiyigeze itsindwa ku buryo...
Abantu batari bamenyekana bagiye kwiba mu baturage bo mu Karere ka Nyagatare bakomeretsa abantu batatu ndetse banatwara amwe mu matungo yabo. Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yahise itangira...
Perezida w’agateganyo wa Venezuela, Delcy Rodriguez, yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika yarekuye imitungo irimo n’amafaranga ya Venezuela yari yarafatiriwe.