skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Mozambique igiye gushyira serivisi za Leta ku ikoranabuhanga nk’uko bikorwa mu Rwanda

Perezida wa Mozambique Daniel Chapo yatangaje ko serivisi za Leta zigiye kujya zitangwa binyuze ku ikoranabuhanga nk’uko bikorwa mu Rwanda no muri Kenya.
19 February 2026 Yasuwe: 133 0

Leta ya RDC yahaye Abanyamerika ibirombe bya Rubaya bigenzurwa na AFC/M23

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwahaye abashoramari b’Abanyamerika ibirombe byo mu gace ka Rubaya muri teritwari ya Masisi, kagenzurwa n’ihuriro AFC/M23 kuva mu myaka hafi...
19 February 2026 Yasuwe: 346 0

LONI yamaganye Israel

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, António Guterres, yatangaje ko yamaganye icyemezo cya Leta ya Israel cyo gusubukara ibikorwa byo kwiyandikishaho ubutaka bwa West Bank bumaze igihe mu...
18 February 2026 Yasuwe: 489 0

Hatangajwe icyagaragaye mu kiyobyabwenge kimaze kwica abantu 17 mu byumweru bibiri mu Rwanda

Ubushinjacyaha bw’u Rwanda buratangaza ko ipimwa ryakorewe ikiyobyabwenge cyo mu bwoko bwa kanyanga kimaze guhitana ubuzima bw’abantu 17 mu Karere ka Bugesera, ryagaragaje ko cyarimo ikinyabutabire...
18 February 2026 Yasuwe: 1076 0

Vatican ntizajya muri ‘Board of Peace’ ya Trump

Vatican yatangaje ko itazajya mu rwego rwiswe ‘Board of Peace’ rwashyizweho na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, bitewe n’uko inshingano z’uru rwego zakabaye zihabwa Umuryango...
18 February 2026 Yasuwe: 265 0

Gatsibo: Umukecuru arakekwaho kujugunya mu bwiherero uruhinja rwabyawe n’ umukobwa we

Umukecuru w’ imyaka 57, utuye mu Murenge wa Kabarore, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) nyuma y’uko abaturage bagaragaje ko ashobora kuba yarataye mu bwiherero uruhinja rw’amezi 7...
18 February 2026 Yasuwe: 513 0

Kenya: Perezida Ruto yasabye abafite ibitekerezo byubaka igihugu kutavugira mu ‘matama’

Perezida wa Kenya, William Ruto yasabye ababa bafite ibitekerezo byiza byakubaka igihugu kurushaho kwigaragaza, aho kwirirwa bajujura.
18 February 2026 Yasuwe: 136 0

Umuti mushya urinda abantu kwandura SIDA wageze muri Kenya

Minisitiri w’Ubuzima wa Kenya, Aden Duale, yatangaje ko ku wa 17 Gashyantare 2026 iki gihugu cyakiriye doze 21.000 z’umuti mushya wa Lenacapavir Yeztugo urinda abantu kwandura agakoko gatera SIDA,...
18 February 2026 Yasuwe: 422 0

U Bufaransa: Umujyanama wa Sena yahamijwe icyaha cyo gufotora ubwambure bw’abagore

Urukiko rwo mu Bufaransa rwakatiye uwahoze ari umujyanama w’Inteko Ishinga Amategeko umutwe wa Sena, Sébastien G. igifungo cy’umwaka umwe usubitse, nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gufotora mu majipo...
18 February 2026 Yasuwe: 234 0

RDC: Urubanza rwa Lt Gen. Yav ushinjwa gukorana n’u Rwanda rwahinduye isura

Iburanisha mu rubanza ruregwamo Lt. Gen. Philémon Yav Irung ryakomeje kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 17 Gashyantare 2026, imbere y’Urukiko Rukuru rwa Gisirikare, humvwa umutangabuhamya, Lt. Gen....
18 February 2026 Yasuwe: 764 0