Perezida wa Mozambique Daniel Chapo yatangaje ko serivisi za Leta zigiye kujya zitangwa binyuze ku ikoranabuhanga nk’uko bikorwa mu Rwanda no muri Kenya.
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwahaye abashoramari b’Abanyamerika ibirombe byo mu gace ka Rubaya muri teritwari ya Masisi, kagenzurwa n’ihuriro AFC/M23 kuva mu myaka hafi...
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, António Guterres, yatangaje ko yamaganye icyemezo cya Leta ya Israel cyo gusubukara ibikorwa byo kwiyandikishaho ubutaka bwa West Bank bumaze igihe mu...
Vatican yatangaje ko itazajya mu rwego rwiswe ‘Board of Peace’ rwashyizweho na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, bitewe n’uko inshingano z’uru rwego zakabaye zihabwa Umuryango...
Minisitiri w’Ubuzima wa Kenya, Aden Duale, yatangaje ko ku wa 17 Gashyantare 2026 iki gihugu cyakiriye doze 21.000 z’umuti mushya wa Lenacapavir Yeztugo urinda abantu kwandura agakoko gatera SIDA,...
Urukiko rwo mu Bufaransa rwakatiye uwahoze ari umujyanama w’Inteko Ishinga Amategeko umutwe wa Sena, Sébastien G. igifungo cy’umwaka umwe usubitse, nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gufotora mu majipo...