U Rwanda na Brazil byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu ishoramari n’ubucuruzi agamije guteza imbere umubano w’ibihugu byombi no kwihutisha iterambere rishingiye ku bufatanye bw’ubukungu.
Umuryango FPR Inkotanyi watangaje ko Umunyamabanga Mukuru wayo, Amb. Christophe Bazivamo yakiriye mu biro bye, Ambasaderi wa Israel mu Rwanda, Einat Weiss.
Ingabo za Leta ya Sudan zatangaje ko zisubije umujyi wa Kadugli, umurwa mukuru w’intara ya majyepfo ya Kordofan, wari warigaruriwe n’ingabo z’umutwe witwaje intwaro wa RSF.
Polisi yo mu Mujyi wa Paris mu Bufaransa yasatse ibiro bikoreramo urubuga nkoranyambaga rwa X, ndetse nyirarwo, Elon Musk asabwa kwitaba kugira ngo abazwe bimwe mu bibazo biri mu mikorere yarwo.
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyagaragaje kanseri ziganje mu Rwanda ku bagore n’abagabo aho by’umwihariko iya prostate ari yo abagabo barwara cyane mu gihe iy’ibere ari yo yugarije abagore benshi.
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean Damascene Bizimana, yerekanye ko abaturage bagera kuri 84,8% batashakaga ko Abanyarwanda bahunze bataha mu gihugu cyabo...
Umuyobozi w’Ishami ry’Igisirikare cy’u Budage rishinzwe iby’Ikirere, Gen Michael Traut, yavuze ko u Budage buteganya gukoresha miliyari 41$ mu kugura ibikoresho bya gisirikare bikoreshwa mu kirere,...