skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

U Rwanda na Brazil bemeranyije ubufatanye mu ishoramari n’ubucuruzi

U Rwanda na Brazil byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu ishoramari n’ubucuruzi agamije guteza imbere umubano w’ibihugu byombi no kwihutisha iterambere rishingiye ku bufatanye bw’ubukungu.
4 February 2026 Yasuwe: 155 0

FPR Inkotanyi na Israel baganiriye ku byagirira akamaro abaturage

Umuryango FPR Inkotanyi watangaje ko Umunyamabanga Mukuru wayo, Amb. Christophe Bazivamo yakiriye mu biro bye, Ambasaderi wa Israel mu Rwanda, Einat Weiss.
4 February 2026 Yasuwe: 134 0

Sudan: Umujyi wa Kadugli wongeye kugenzurwa n’ingabo za Leta nyuma y’imirwano ikomeye

Ingabo za Leta ya Sudan zatangaje ko zisubije umujyi wa Kadugli, umurwa mukuru w’intara ya majyepfo ya Kordofan, wari warigaruriwe n’ingabo z’umutwe witwaje intwaro wa RSF.
4 February 2026 Yasuwe: 233 0

U Bufaransa: Polisi yasatse icyicaro cya X, Elon Musk arahamagazwa

Polisi yo mu Mujyi wa Paris mu Bufaransa yasatse ibiro bikoreramo urubuga nkoranyambaga rwa X, ndetse nyirarwo, Elon Musk asabwa kwitaba kugira ngo abazwe bimwe mu bibazo biri mu mikorere yarwo.
4 February 2026 Yasuwe: 159 0

Ibyo wamenya ku mabwiriza agenga kubika inyandiko z’agaciro

U Rwanda rwasohoye amabwiriza mashya agenga uburyo bwo gutanga uruhushya ku bigo bitanga serivisi zo kubika no guhererekanya inyandiko z’agaciro (Central Securities Depositories – CSDs), hagamijwe...
4 February 2026 Yasuwe: 130 0

Venezuela: Abantu ibihumbi bigaragambije basaba ko Maduro arekurwa

Ibihumbi by’abantu bakoze imyigaragambyo y’amahoro mu murwa mukuru wa Venezuela, Caracas basaba ko Perezida Nicolás Maduro n’umugore we, Cilia Flores, barekurwa nyuma y’ukwezi ashimuswe na Leta...
4 February 2026 Yasuwe: 243 0

RBC yagaragaje ko Kanseri ya prostate n’iy’ibere zugarije Abanyarwanda

Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyagaragaje kanseri ziganje mu Rwanda ku bagore n’abagabo aho by’umwihariko iya prostate ari yo abagabo barwara cyane mu gihe iy’ibere ari yo yugarije abagore benshi.
4 February 2026 Yasuwe: 196 0

Abagera kuri 84,8% ntibashakaga ko Abanyarwanda bahunze mbere ya 1990 bataha

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean Damascene Bizimana, yerekanye ko abaturage bagera kuri 84,8% batashakaga ko Abanyarwanda bahunze bataha mu gihugu cyabo...
4 February 2026 Yasuwe: 167 0

Bill Gates yigaramye ubutumwa bwa Eptsein bw’uko yanduriye indwara mu busambanyi

Bill Gates yigaramye ubutumwa bwa Jeffrey Epstein, buvuga ko uyu munyemari yigeze kwanduzwa indwara zandurira mu mubibonano mpuzabitsina n’Umurusiyakazi baryamanye.
4 February 2026 Yasuwe: 162 0

U Budage bugiye gushora miliyari 41 $ mu ntwaro zikoreshwa mu isanzure

Umuyobozi w’Ishami ry’Igisirikare cy’u Budage rishinzwe iby’Ikirere, Gen Michael Traut, yavuze ko u Budage buteganya gukoresha miliyari 41$ mu kugura ibikoresho bya gisirikare bikoreshwa mu kirere,...
4 February 2026 Yasuwe: 107 0