Bamwe mu bakoraga akazi ko gucukura imva no gushyingura mu irimbi ryo mu rugarama mu Murenge wa Nyamirambo,Akarere ka Nyarugenge, barataka igihombo nyuma y’uko ritagishyingurwambo kubera ko ryuzuye.
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko yakiriye inshuro nyinshi Minisitiri w’Intebe wa Israel amubaza impamvu atemera ko Palestine yagirwa igihugu.
Kuri uyu wa Kane, itariki ya 5 Werurwe, Umujyi wa Kofonou, hafi ya Karimama mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Benin, wabayemo igitero simusiga cyagabwe ku Ngabo za Bénin. Abasirikare 15 bahasize...
Perezida wa Amerika, Donald Trump yatangaje ko agomba kugira uruhare mu gushyiraho umuyobozi mushya wa Iran, ndetse ko umuhungu wa Ali Khamenei uhabwa amahirwe yo kuyobora igihugu atabyemerewe.
Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziravugwaho umugambi wo gukoresha imitwe yitwaje intwaro y’Aba-Kurdes mu rugamba rwo ku butaka muri Iran, ibishobora gutuma intambara ihanganishije impande zombi...
Perezida wa Repubulika ya Centrafrique yashimiye Uburusiya kuri uyu wa kane ku bufasha mu by’umutekano kandi asaba mugenzi we Vladimir Putin gufasha igihugu cye gukemura ibibazo bikomeye by’ingufu.