Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga, Perezida Donald Trump wa Amerika yavuze ko ari “ishema rikomeye” kuba arimo kwica abo mu butegetsi bwa Iran
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, ari gukorana n’umuryango wa Juvénal Habyarimana utuye mu Bufaransa, ndetse na Faustin Kayumba Nyamwasa uba muri Afurika...
Abarundi 74 biganjemo abagabo bari barahungiye mu Rwanda mu bihe bitandukanye, batashye ku bushake mu gihugu cyabo bashima ko nta kibazo bagiriye mu Rwanda mu myaka itandukanye bari bahamaze.