skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Kenya yemeje ko u Burusiya butazongera kujyana abenegihugu bayo mu ntambara yo muri Ukraine

Minisitiri w’Intebe wa Kenya akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Musalia Mudavadi, yatangaje ko u Burusiya bwemeye kutongera kohereza Abanyakenya mu ntambara yo muri Ukraine.
16 March 2026 Yasuwe: 310 0

Muzabona ikipe itandukanye n’iyo muheruka- Stephen Constantine ku Mavubi

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amagurub mu Rwanda (FERWAFA), Shema Fabrice, yatangaje ko yizeye impinduka mu Mavubi mu gihe Stephen Constantine azaba ayatoza, na we akemeza ko ari igisubizo...
16 March 2026 Yasuwe: 547 0

Soloba yasobanuye icyamuteye gutwara amaturo mu bukwe bwa Micky

Umunyarwenya ubifatanya no kwandika ndetse no gukina filimi, Soloba yemeye ibyo gutwara amaturo mu rusengero ubwo Micky yasezeranaga n’umugabo we Ag Promoter asobanura ko yabikoze mu rwego rwo...
16 March 2026 Yasuwe: 1346 0

Kigali: Polisi yagaruje moto, abayibye bagiye kuyigurisha ibihumbi 100 Frw

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali yagaruje moto y’umuturage yari yibwe mu Karere ka Gicumbi, nyuma yo guhabwa amakuru n’abaturage, abayibye bagiye kuyigurisha ibihumbi 100 by’amafaranga...
16 March 2026 Yasuwe: 861 0

Madagascar yashyizeho Minisitiri w’Intebe nyuma yo gusesa Guverinoma

Perezida wa Madagascar, Col. Michael Randrianirina yatangaje ko Mamitiana Rajaonarison ari we yagize Minisitiri w’Intebe mushya nyuma yo gusesa Guverinoma mu cyumweru gishize.
16 March 2026 Yasuwe: 263 0

Kayonza: Yishe umugabo akomeretsa undi, bikekwa ko yabahoye amafaranga bagurishije inka

Umusore w’imyaka 31 wo mu Karere ka Kayonza, yateze abagabo babiri bari bavuye kugurisha inka, abatera ibyuma umwe arapfa undi arakomereka, bikekwa ko yashakaga kubiba amafaranga bagurishije inka.
16 March 2026 Yasuwe: 650 0

Joan Laporta yongeye gutorerwa kuyobora FC Barcelone

Joan Laporta i Estruch wari Perezida wa FC Barcelone yatorewe gukomeza kuyobora iyi kipe muri manda y’imyaka itanu iri imbere, nyuma yo kugira amajwi 68%, ahigika Victor Font bari bahanganye.
16 March 2026 Yasuwe: 217 0

U Rwanda na Djibouti byaganiriye uko byakwagura ubufatanye

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yakiriwe na mugenzi we wo muri Djibouti, Abdoulkader Houssein Omar, baganira ku mubano w’ibihugu byombi.
16 March 2026 Yasuwe: 146 0

Turahirwa wa Moshions yatakambiye Urukiko Rukuru, asaba gusubikirwa ibihano

Turahirwa Moise wamenyekanye nka Moshions yatakambiye Urukiko Rukuru rwa Kigali ku cyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge byo mu bwoko bw’urumogi, asaba ko yasubikirwa igihano cy’imyaka itatu yari...
16 March 2026 Yasuwe: 390 0

Igisirikare cya Amerika na Anduril byasinye amasezerano ya miliyari 20$

Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatangaje ko cyasinye amasezerano y’imyaka 10 n’Ikigo gikora ibijyanye n’ikoranabuhanga ry’ubwirinzi cyitwa Anduril.
16 March 2026 Yasuwe: 374 0