Minisitiri w’Intebe wa Kenya akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Musalia Mudavadi, yatangaje ko u Burusiya bwemeye kutongera kohereza Abanyakenya mu ntambara yo muri Ukraine.
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amagurub mu Rwanda (FERWAFA), Shema Fabrice, yatangaje ko yizeye impinduka mu Mavubi mu gihe Stephen Constantine azaba ayatoza, na we akemeza ko ari igisubizo...
Umunyarwenya ubifatanya no kwandika ndetse no gukina filimi, Soloba yemeye ibyo gutwara amaturo mu rusengero ubwo Micky yasezeranaga n’umugabo we Ag Promoter asobanura ko yabikoze mu rwego rwo...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali yagaruje moto y’umuturage yari yibwe mu Karere ka Gicumbi, nyuma yo guhabwa amakuru n’abaturage, abayibye bagiye kuyigurisha ibihumbi 100 by’amafaranga...
Perezida wa Madagascar, Col. Michael Randrianirina yatangaje ko Mamitiana Rajaonarison ari we yagize Minisitiri w’Intebe mushya nyuma yo gusesa Guverinoma mu cyumweru gishize.
Joan Laporta i Estruch wari Perezida wa FC Barcelone yatorewe gukomeza kuyobora iyi kipe muri manda y’imyaka itanu iri imbere, nyuma yo kugira amajwi 68%, ahigika Victor Font bari bahanganye.
Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatangaje ko cyasinye amasezerano y’imyaka 10 n’Ikigo gikora ibijyanye n’ikoranabuhanga ry’ubwirinzi cyitwa Anduril.