skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Gambia yifuza kurahura mu Rwanda imikorere y’urubuga ‘IremboGov’

Gambia yatangaje ko yiteguye kwigira ku mikorere y’urubuga IremboGov, mu gutanga serivisi za Leta hifashishijwe ikoranabuhanga.
9 March 2026 Yasuwe: 392 0

Indonesia yemeje itegeko ribuza abari munsi y’imyaka 16 gukoresha imbuga nkoranyambaga

Minisiteri y’Ikoranabuhanga n’Itumanaho yo muri Indonesia yatangaje ko abana bari munsi y’imyaka 16 bagiye guhagarikwa ku gukoresha imbuga nkoranyambaga mu rwego rwo kubarinda ibikorwa bibi...
7 March 2026 Yasuwe: 278 0

Iran yarashe imwe muri radar z’ingenzi za Amerika iri muri Jordanie

Iran yangije imwe muri radar zikomeye Leta Zunze Ubumwe za Amerika yifashishaga mu bijyanye n’umutekano iri muri Jordanie, ifite agaciro ka 300$.
7 March 2026 Yasuwe: 1520 0

Ingabo za RDC zagabye igitero gikomeye muri Mushaki

Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko mu gitondo cyo kuri uyu wa 7 Werurwe 2026, ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zagabye igitero gikomeye muri santere ya Mushaki no mu nkengero zaho.
7 March 2026 Yasuwe: 1740 0

U Rwanda, Zimbabwe na Congo Brazzaville byagiranye amasezerano yoroshya ubuhahirane

U Rwanda rwasinye amasezerano y’imikoranire azoroshya imihahiranire hagati yarwo na Zimbabwe na Congo Brazzaville, ashingiye ku mabwiriza y’ubuziranenge ahuriweho ku rwego rwa Afurika.
7 March 2026 Yasuwe: 273 0

U Burusiya bukekwaho guha Iran amakuru y’ubutasi yifashishwa mu gutera ibirindiro bya Amerika

Amakuru ava mu nzego z’ubutasi za Leta Zunze Ubumwe za Amerika avuga ko u Burusiya bushobora kuba buri guha Iran amakuru y’ubutasi kugira ngo ingabo zayo ziyifashishe mu kugaba ibitero ku birindiro...
7 March 2026 Yasuwe: 608 0

Gusenya FDLR bizabanziriza gukuraho ingamba z’ubwirinzi: Nduhungirehe

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko gukuraho ingamba z’ubwirinzi u Rwanda rwashyizeho bizabanzirizwa n’ibikorwa by’ubutegetsi bwa...
7 March 2026 Yasuwe: 527 0

Qatar yateguje ko igiciro cy’ibikomoka kuri peteroli gishobora kwikuba hafi kabiri

Minisitiri ushinzwe ingufu muri Qatar, Saad al-Kaabi, yatangaje ko ibihugu bitandatu byo mu Burasirazuba bwo Hagati bishobora guhagarika kohereza lisansi na mazutu mu byumweru bibiri cyangwa bitatu...
7 March 2026 Yasuwe: 366 0

Abasirikare bo muri Special Force barangije amahugurwa yo guhangana n’iterabwoba

Abasirikare n’abofisiye bo mu Ngabo z’u Rwanda (RDF) mu Mutwe w’Ingabo Zidasanzwe (Special Operations Force), barangije amahugurwa y’ibanze yo guhangana n’iterabwoba.
7 March 2026 Yasuwe: 536 0

Perezida Kagame yakiriye abagize ikigega cy’ubukungu muri Kazakhstan

Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro itsinda ry’abayobozi muri Samruk-Kazyna, Ikigega cy’Ubukungu kibumbiye hamwe ibigo bya Leta muri Kazakhstan, riyobowe na Nurlan Zhakupov ukiyobora.
6 March 2026 Yasuwe: 311 0