Mu mwaka wa 2028, u Rwanda rwemerewe kwakira ku nshuro ya kabiri Inama Mpuzamahanga y’Ishyirahamwe Nyafurika ryo Gutanga Amaraso (AfSBT) rwaherukaga kwakira mu mwaka wa 2016, binyuze mu Kigo...
Imirambo igera kuri 32, yiganjemo iy’abana, yakuwe mu mva rusange iri mu mujyi wa Kericho mu burengerazuba bwa Kenya, mu gihe iperereza rikomeje kuri uku gutahurwa kwayo kumije benshi.
Ishuri Rikuru mu by’Iyobokamana, Africa College of Theology (ACT) ryatangije amasomo y’icyiciro cya gatatu cya kaminuza mu Rwanda muri Tewolojiya hagamijwe kuzamura ireme ry’inyigisho zihabwa...
Robert Kyagulanyi ‘Bobi Wine’ uri mu banyepolitike batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yavuze ko yiteguye gutaha mu bihugu cye mu gihe yaba yizeye umutekano...
Abayobozi b’Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’Ingabo za Tanzania (TPDF), bahuriye mu nama 15 y’Abayobozi b’Ingabo bakorera ku mipaka, igamije gukemura ibibazo by’umutekano byo ku mipaka no gukomeza kunoza...