Polisi yo mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa Uganda yatangaje ko yafashe abagore babiri bari mu kigero cy’imyaka 20, nyuma y’uko abaturanyi babo babareze bavuga ko bababonye basomana mu ruhame.
Dosiye ya Mike Habinshuti wabaye umujyanama wa Bruce Melodie yagejejwe mu Bushinjacyaha aho akurikiranyweho ibyaha birimo gukwirakwiza ibiyobyabwenge n’iyezandonke.
Iteka rya Minisitiri w’Intebe rishyiraho ingano n’uburyo bwo gutanga umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza ryo ku wa 16 Gashyantare 2026 rigaragaza ko umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza ku bantu bari mu...
Abanyamategeko bunganira abaregera indishyi mu rubanza rw’ubujurire rw’Umunyarwanda Muhayimana Claude ruri kuburanishwa n’Urukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa, bagaragaje ko bamwe mu...
Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryakajije ibitero muri santere ya Rubaya iri muri teritwari ya Masisi, rigamije kuhakura abarwanyi ba AFC/M23 bamaze hafi imyaka ibiri...
Iyobokamana ryabaye imwe mu nkingi z’ingenzi umutwe w’iterabwoba wa FDLR ukoresha mu kuyobya no kugumisha abarwanyi bayo mu mashyamba ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Iyobokama...