Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagaragaje ko kugira ngo intambara ihagarare ndetse bakomeze kurindirwa umutekano na nyuma yayo, bagomba guharira...
Zimbabwe yatangaje ko abaturage bayo 15 bishwe nyuma yo guhabwa akazi ko kurwanira u Burusiya mu ntambara buhanganyemo na Ukraine, abarenga 60 bakaba bakiri ku rugamba.
Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’iza Tanzania (TPDF) kuri uyu wa 26 Werurwe 2026, basoje inama ya 15 y’abayobozi b’ ingabo bakorera ku mipaka ihuza ibihugu byombi Tanzania n’ u Rwanda.
Umutoza mushya w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda “Amavubi”, Stephen Costantine, yatangaje ko hari impinduka zatangiye kugaragara mu ikipe, nubwo ashimangira ko bagifite urugendo rusaba igihe n’imbaraga.
Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yatangaje ko amavugurura yakozwe ku mafaranga y’ubwisungane mu kwivuza ‘mituweli’ atagamije gushyira umutwaro uremereye ku baturage, yizeza ko abafite...
Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Prudence Sebahizi, yatangaje ko imisoro iherutse gushyirwaho na Amerika ku bicuruzwa bituruka mu bihugu bitandukanye, yageze no ku Rwanda kuko ruri mu rwishyuzwa...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Iran, Abbas Araghchi, yatangaje ko bari gusuzuma ubusabe bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwo guhagarika intambara, yemeza ko nta biganiro ibihugu byombi biri...