skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Amerika ishaka ko Ukraine iharira u Burusiya Donbas yose

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yatangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagaragaje ko kugira ngo intambara ihagarare ndetse bakomeze kurindirwa umutekano na nyuma yayo, bagomba guharira...
26 March 2026 Yasuwe: 720 0

U Rwanda rwakiriye Abanyarwanda barenga 200 babaga muri RDC

U Rwanda rwakiriye Abanyarwanda 222 bari barafashwe bugwate n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR ukorera muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo (RDC).
26 March 2026 Yasuwe: 384 0

Abanyazimbabwe 15 bishwe barwanira u Burusiya mu ntambara ya Ukraine

Zimbabwe yatangaje ko abaturage bayo 15 bishwe nyuma yo guhabwa akazi ko kurwanira u Burusiya mu ntambara buhanganyemo na Ukraine, abarenga 60 bakaba bakiri ku rugamba.
26 March 2026 Yasuwe: 327 0

Igisirikare cy’u Rwanda n’icya Tanzaniya byumvikanye ku ngamba zigamije kongera ubufatanye

Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’iza Tanzania (TPDF) kuri uyu wa 26 Werurwe 2026, basoje inama ya 15 y’abayobozi b’ ingabo bakorera ku mipaka ihuza ibihugu byombi Tanzania n’ u Rwanda.
26 March 2026 Yasuwe: 331 0

Umutoza w’Amavubi arizeza Abanyarwanda impinduka mu ikipe

Umutoza mushya w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda “Amavubi”, Stephen Costantine, yatangaje ko hari impinduka zatangiye kugaragara mu ikipe, nubwo ashimangira ko bagifite urugendo rusaba igihe n’imbaraga.
26 March 2026 Yasuwe: 438 0

. Afurika y’Epfo yahakanye ko yasabye abaturage gukorera mu ngo kubera ibura rya lisansi

Ibihugu bitandukanye byo muri Afurika bikomeje guhura n’ingaruka z’ibikomoka kuri peteroli bikomeje guhenda kubera intambara imaze igihe ibera mu Burasirazuba bwo Hagati.
26 March 2026 Yasuwe: 223 0

Guverinoma yamaze impungenge abaturage batanyuzwe n’imisanzu mishya ya mituweli

Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yatangaje ko amavugurura yakozwe ku mafaranga y’ubwisungane mu kwivuza ‘mituweli’ atagamije gushyira umutwaro uremereye ku baturage, yizeza ko abafite...
26 March 2026 Yasuwe: 879 0

Minisitiri w’Ubucuruzi yavuze ingaruka z’imisoro ya Amerika ku bucuruzi bw’u Rwanda

Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Prudence Sebahizi, yatangaje ko imisoro iherutse gushyirwaho na Amerika ku bicuruzwa bituruka mu bihugu bitandukanye, yageze no ku Rwanda kuko ruri mu rwishyuzwa...
26 March 2026 Yasuwe: 240 0

U Rwanda rwagaragaje aho ruhagaze ku bitero bya Iran

U Rwanda rwagaragaje ko ibitero by’ubushotoranyi Iran ikomeje kugaba ku bihugu byo mu Burasirazuba bwo Hagati bikwiriye guhagarara, ubusugire bw’ibihugu bukubahwa kandi abasivile n’ibikorwaremezo...
26 March 2026 Yasuwe: 533 0

Iran yongeye kwihakana Trump, ivuga ko nta biganiro iri kugirana na Amerika

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Iran, Abbas Araghchi, yatangaje ko bari gusuzuma ubusabe bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwo guhagarika intambara, yemeza ko nta biganiro ibihugu byombi biri...
26 March 2026 Yasuwe: 197 0