skol
Kigali

Author

Angeline MUKANGENZI

Agezweho mu ntambara : Putin yahaye Ukraine agahenge ka Pasika

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin yatangaje agahenge k’amasaha 32 mu ntambara na Ukraine ko kwizihiza Pasika y’Aba-Orthodox, Ukraine itangaza ko izabikurikiza.
10 April 2026 Yasuwe: 591 0

RDC: Umunyamakuru yahawe urw’amenyo kubera kwita Yampano umuyobozi muri AFC/M23

Umunyamakuru Daniel Michombero uzwiho gukwirakwiza icengezamatwara ry’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yahawe urw’amenyo kubera kwita umuhanzi Yampano umuyobozi ukomeye muri...
10 April 2026 Yasuwe: 1316 0

Umugore wa mbere ku Isi wahamijwe icyaha cya Jenoside ni Umunyarwandakazi- Minisitiri Bizimana

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yashimangiye ko Jenoside yakorewe Abatutsi ifite umwihariko wo kuba umugore wa mbere ku Isi wahamijwe...
8 April 2026 Yasuwe: 599 0

Hamenyekanye igihe Museveni azarahirira

Perezida Yoweri Kaguta Museveni uherutse kongera gutorerwa kuyobora Uganda, azarahirira izi nshingano ku wa 12 Gicurasi
8 April 2026 Yasuwe: 950 0

Amerika, igihugu rukumbi cyari cyarinangiye ku gukoresha inyito iboneye ya Jenoside, cyavuye ku izima

Ku nshuro ya mbere, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zavuye ku izima zikoresha inyito iboneye ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Ni nyuma y’imyaka myinshi iki gihugu cyarinangiye.
8 April 2026 Yasuwe: 650 0

Amb Bakuramutsa yasabye Isi guhagurukira abagihakana Jenoside

Ambasaderi w’u Rwanda muri Koreya y’Epfo, Nkubito Bakuramutsa, yatangaje ko nyuma y’imyaka 32 Jenoside yakorewe Abatutsi ihagaritswe, hakigaragara abantu bahakana bakanapfobya Jenoside bakoresheje...
8 April 2026 Yasuwe: 243 0

Leta ya RDC yatinye kwakira abasirikare 5000 bafashwe mpiri na AFC/M23

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwatinye kwakira abasirikare 5000 bafashwe mpiri n’ihuriro AFC/M23, bugaragaza ko bashobora kubugambanira.
8 April 2026 Yasuwe: 1284 0

Iran na Amerika bagiye guhurira mu biganiro by’amahoro muri Pakistan

Iran na Leta Zunze Ubumwe za Amerika batangaje ku wa 10 Mata 2026, bazahurira mu biganiro by’amahoro bizabera i Islamabad muri Pakistan, nyuma yuko impande zombi zemeranyije agahenge k’ibyumweru...
8 April 2026 Yasuwe: 571 0

Akagunguru ka peteroli kageze munsi ya 100$ nyuma y’agahenge katangajwe na Trump

Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byagabanyutse cyane nyuma y’uko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, atangaje ko igihugu cye na Iran byemeranyije agahenge ko guhagarika...
8 April 2026 Yasuwe: 656 0

Kentwood yemeje tariki 7 Mata nk’umunsi mpuzamahanga wo kuzirikana Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Umujyi wa Kentwood wo muri leta ya Michigan muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, washyizeho iya 7 Mata nk’umunsi mpuzamahanga wo kuzirikana Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
7 April 2026 Yasuwe: 338 0