Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin yatangaje agahenge k’amasaha 32 mu ntambara na Ukraine ko kwizihiza Pasika y’Aba-Orthodox, Ukraine itangaza ko izabikurikiza.
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yashimangiye ko Jenoside yakorewe Abatutsi ifite umwihariko wo kuba umugore wa mbere ku Isi wahamijwe...
Ku nshuro ya mbere, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zavuye ku izima zikoresha inyito iboneye ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Ni nyuma y’imyaka myinshi iki gihugu cyarinangiye.
Iran na Leta Zunze Ubumwe za Amerika batangaje ku wa 10 Mata 2026, bazahurira mu biganiro by’amahoro bizabera i Islamabad muri Pakistan, nyuma yuko impande zombi zemeranyije agahenge k’ibyumweru...
Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byagabanyutse cyane nyuma y’uko Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, atangaje ko igihugu cye na Iran byemeranyije agahenge ko guhagarika...
Umujyi wa Kentwood wo muri leta ya Michigan muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, washyizeho iya 7 Mata nk’umunsi mpuzamahanga wo kuzirikana Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.