Umuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda, Senateri Dr. Frank Habineza, yamaganye abamushyize mu gatebo kamwe n’abarimo Paul Rusesabagina na Padiri Thomas...
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 2 Werurwe 2026Leta Zunze Ubumwe za Amerika , zatangaje ko zafatiye ibihano Igisirikare cy’u Rwanda (RDF), ndetse n’abasirikare bakuru bane.
Minisitiri w’Intambara wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Pete Hegseth, yasabye abasirikare bari mu ntambara kuva tariki ya 28 Gashyantare 2026 ko basenya byose bya Iran bishobora kubangamira...
Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza, Keir Starmer, ubwo yari mu nteko nshingamategeko, yavuze ko igihugu cy’Ubwongereza kitazigera kifatanya na Amerika ndetse na Israel, mu bitero byagabye kuri Iran.