Kuri sitasiyo y’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) ya Nyakabuye mu Karere ka Rusizi hafungiye Ndayisabye Ernest w’imyaka 46, nyuma yo gufatirwa mu nzu y’umuturanyi we Sinayobye Théphile amukekaho...
Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Dr Vincent Biruta, yashyikirije João Lourenço wa Angola ubutumwa bwa Perezida Paul Kagame bwo kwifuriza iki gihugu isabukuru y’imyaka 50 kimaze kibonye ubwigenge.
Guverinoma y’u Rwanda yagiranye n’iy’Ubwami bw’u Bwongereza na Panama amasezerano y’ubufatanye mu guteza imbere serivisi zo gutwara abantu n’ibintu mu kirere.
Uruganda rukora ibikoresho by’ikoranabuhanga, Apple rwemeje ko rwahagaritse ‘applications’ ebyiri zikunzwe cyane mu Bushinwa zihuza abaryamana bahuje ibitsina, ari zo Blued na Finka, nyuma...
Umugabane wa Afurika uri mu bibazo bikomeye by’imyenda, aho raporo nshya yagaragaje ko ubwiyongere bw’amadeni bwageze kuri tiriyoni 1.8 z’amadolari ya Amerika, bingana hafi na bibiri bya gatatu...