skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

RURA yinjiye mu kibazo cya internet ya MTN Rwanda yari yavuyeho

Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ko ruri gukurikirana ikibazo abakoresha internet ya MTN Rwanda kugira ngo gikemuke vuba byihuse.
12 November 2025 Yasuwe: 561 0

Abavandimwe bakurikiranyweho kwica AKA bagejejwe mu butabera

Abavandimwe babiri bakurikiranyweho kurasa umuraperi AKA n’inshuti ye, bagejejwe imbere y’ubutabera bwa Afurika y’Epfo ngo baryozwe iki cyaha, icyakora urukiko rufata icyemezo cyo gusubika...
12 November 2025 Yasuwe: 452 0

Rusizi: Yafatanywe imiti mu nzu y’umuturanyi usanzwe umukeka kumusambanyiriza umugore

Kuri sitasiyo y’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) ya Nyakabuye mu Karere ka Rusizi hafungiye Ndayisabye Ernest w’imyaka 46, nyuma yo gufatirwa mu nzu y’umuturanyi we Sinayobye Théphile amukekaho...
12 November 2025 Yasuwe: 1811 0

Perezida wa Uganda yateguje intambara kuri Kenya kubera inyanja y’Abahinde

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yongeye kuvuga amagambo akomeye ku bibazo by’ubukungu n’umutekano bireba ibihugu bya Afurika bidakora kunyanja avuga ko bishobora guteza intambara mu...
12 November 2025 Yasuwe: 1986 0

U Budage: Yatawe muri yombi ashinjwa gushaka kwica abarimo Angela Merkel na Chancelier Scholz

Umudage ukekwaho kugirana imikoranire n’amatsinda agifite imitekerereze y’Aba-Nazi, yatawe muri yombi ashinjwa gukoresha urubuga rwa darknet ashishikariza abantu kwica abanyapolitiki n’abandi bantu...
12 November 2025 Yasuwe: 284 0

Lionel Messi ashobora kudakina Igikombe cy’Isi

Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ya Argentine akaba na Kapiteni wayo, Lionel Messi, yatangaje ko ataramenya niba azakina Igikombe cy’Isi kizaba mu mpeshyi ya 2026 kuko adashaka kuyibera umutwaro.
12 November 2025 Yasuwe: 659 0

Minisitiri Dr Biruta yashyikirije João Lourenço ubutumwa bwa Perezida Kagame

Minisitiri w’Umutekano mu Gihugu, Dr Vincent Biruta, yashyikirije João Lourenço wa Angola ubutumwa bwa Perezida Paul Kagame bwo kwifuriza iki gihugu isabukuru y’imyaka 50 kimaze kibonye ubwigenge.
12 November 2025 Yasuwe: 378 0

U Rwanda rwagiranye n’u Bwongereza na Panama amasezerano y’ubufatanye mu by’indege

Guverinoma y’u Rwanda yagiranye n’iy’Ubwami bw’u Bwongereza na Panama amasezerano y’ubufatanye mu guteza imbere serivisi zo gutwara abantu n’ibintu mu kirere.
12 November 2025 Yasuwe: 329 0

U Bushinwa bwahagaritse ‘applications’ ebyiri zihuza abaryamana bahuje ibitsina

Uruganda rukora ibikoresho by’ikoranabuhanga, Apple rwemeje ko rwahagaritse ‘applications’ ebyiri zikunzwe cyane mu Bushinwa zihuza abaryamana bahuje ibitsina, ari zo Blued na Finka, nyuma...
12 November 2025 Yasuwe: 237 0

Ideni rya Afurika ryageze kuri tiriyoni $1.8 – AU isaba ivugururwa ry’ubukungu ku rwego rw’Isi

Umugabane wa Afurika uri mu bibazo bikomeye by’imyenda, aho raporo nshya yagaragaje ko ubwiyongere bw’amadeni bwageze kuri tiriyoni 1.8 z’amadolari ya Amerika, bingana hafi na bibiri bya gatatu...
12 November 2025 Yasuwe: 836 0