Igisirikare cya Israel (IDF) cyatangaje ko cyiteguye kwica uwasimbuye uwari Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei uherutse kwicwa n’iki gisirikare ku bufatanye na Leta Zunze Ubumwe...
Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byazamutse cyane kubera intambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwo hagati, aho akagunguru kageze ku Madolari ya Amerika 119.
Minisiteri y’Uburezi yatangaje gahunda yo kugaburira abana ku mashuri yatanze umusaruro ukomeye mu kugabanya umubare w’abana barivamo kuko wavuye ku 9,4%, ukagera kuri 4,7%, ibishyira u Rwanda mu...
Guverineri wa Nairobi, Johnson Sakaja yikomye abashaka ko yegura nyuma y’imyuzure ikomeye yibasiye uyu mujyi, avuga ko ari gukora ibishoboka byose ngo akemure ibibazo nubwo ari gukomwa mu nkokora...