Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko ntacyo bimubwiye kuba Iran izitabira Igikombe cy’Isi kizabera mu gihugu cye, Canada na Mexique.
Rutahizamu w’umunya-Iran, Mehdi Taremi ukinira ikipe ya Olympiakos F.C yo mu Bugereki yayisezeyeho ngo ajye kurwanira igihugu cye gikomeje kugabwaho ibitero na Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko igihugu cyabo kigiye guhagarika ubufatanye mu bucuruzi bwose na Espagne, kubera ko iki gihugu cyo mu Burayi cyanze ko ibirindiro...
Sena ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) guhagarika kugaba ibitero ku birindiro by’ihuriro AFC/M23 mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na...
Macky Sall wahoze ari Perezida wa Sénégal yamaze gutanga kandidatire ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, nyuma y’uko António Guterres uyiyoboye manda ye izarangira ku wa 31...