Perezida wa Amerika, Donald Trump yatangaje ko nta biganiro bigamije ubwumvikane biteze kuzabaho hagati ya Amerika na Iran kugeza igihe izamanikira amaboko hagashyirwaho ubutegetsi bushya.
Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva yageze Arusha, muri Tanzania, aho yagiye guhagararira Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame mu nama ya 25 isanzwe y’Abakuru b’Ibihugu...
Okujepisa Omukazendu ni umuco wo gusangira abagore ukorwa n’abantu bo mu moko ya Ovahimba na Ovazemba biganje mu gihugu cya Namibia mu duce twa Kunene na Omusati.
Drones z’ubwiyahuzi ni zimwe mu ntwaro z’ingenzi Iran iri kwifashisha mu ntambara ihanganyemo na Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel kuva tariki ya 28 Gashyantare 2026.
Ubushakashatsi bw’ikigo gikora ubushakashatsi n’ubusesenguzi ku ngamba zitandukanye (IPAR: Institute of Policy Analysis and Research) bwagaragaje ko muri miliyoni zirenga eshatu z’urubyiruko ruri...
Perezida Donald Trump yatangaje ko Senateri Markwayne Mullin wo mu Ishyaka ry’Aba-Républicain azasimbura Kristi Noem ku mwanya wa Minisitiri Ushinzwe Umutekano w’Imbere mu Gihugu.