skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Amerika yahamije ko itazumvikana na Iran keretse nimanika amaboko

Perezida wa Amerika, Donald Trump yatangaje ko nta biganiro bigamije ubwumvikane biteze kuzabaho hagati ya Amerika na Iran kugeza igihe izamanikira amaboko hagashyirwaho ubutegetsi bushya.
6 March 2026 Yasuwe: 612 0

Arongeye aratugabiye! Amashimwe ya Senderi kuri Perezida Kagame nyuma y’iteka rirengera ibihangano by’abahanzi

Umuhanzi Senderi wubakiye inganzo ye ku ndirimbo z’uburere mboneragihugu, yashimye byimazeyo Perezida Paul Kagame nyuma y’uko hasohotse iteka rya Minisitiri rigena uburyo bwo gukusanya no...
6 March 2026 Yasuwe: 379 0

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yagiye guhagararira Perezida Kagame mu nama ya EAC

Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva yageze Arusha, muri Tanzania, aho yagiye guhagararira Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame mu nama ya 25 isanzwe y’Abakuru b’Ibihugu...
6 March 2026 Yasuwe: 418 0

Ibyihariye ku muco w’Abanya-Namibia wo gutizanya abashakanye

Okujepisa Omukazendu ni umuco wo gusangira abagore ukorwa n’abantu bo mu moko ya Ovahimba na Ovazemba biganje mu gihugu cya Namibia mu duce twa Kunene na Omusati.
6 March 2026 Yasuwe: 1756 0

Byinshi kuri drones z’ubwiyahuzi Iran iri kwifashisha cyane mu ntambara

Drones z’ubwiyahuzi ni zimwe mu ntwaro z’ingenzi Iran iri kwifashisha mu ntambara ihanganyemo na Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel kuva tariki ya 28 Gashyantare 2026.
6 March 2026 Yasuwe: 891 0

Trump yaciye amarenga yo gutera Cuba nyuma ya Iran

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yaciye amarenga yo kugaba ibitero kuri Cuba nyuma ya Iran.
6 March 2026 Yasuwe: 377 0

Impungenge ku rubyiruko rurenga miliyoni rutari ku ntebe y’ishuri cyangwa mu kazi

Ubushakashatsi bw’ikigo gikora ubushakashatsi n’ubusesenguzi ku ngamba zitandukanye (IPAR: Institute of Policy Analysis and Research) bwagaragaje ko muri miliyoni zirenga eshatu z’urubyiruko ruri...
6 March 2026 Yasuwe: 121 0

Umunyamerika yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, yagize Umunyamerika James Swan Umuyobozi w’ubutumwa bw’amahoro bwawo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO).
6 March 2026 Yasuwe: 200 0

Amerika n’u Burayi byasabye ko ibitero n’ibikorwa byibasira abavuga Ikinyarwanda bihagarara muri RDC

Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) n’u Bwongereza byasabye impande zihanganye mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo guhagarika ibitero,...
6 March 2026 Yasuwe: 301 0

Kristi Noem yakuwe ku mwanya wa Minisitiri w’Umutekano w’Imbere muri Amerika

Perezida Donald Trump yatangaje ko Senateri Markwayne Mullin wo mu Ishyaka ry’Aba-Républicain azasimbura Kristi Noem ku mwanya wa Minisitiri Ushinzwe Umutekano w’Imbere mu Gihugu.
6 March 2026 Yasuwe: 161 0