skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Abantu 1874 bafunguwe by’agateganyo, ibigo bimwe bihabwa abayobozi bashya- Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri

Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 4 Werurwe 2026 iyobowe na Perezida Kagame yemeje Iteka rya Minisitiri ryemeza ifungurwa ry’agateganyo ku bantu 1874 bakatiwe n’inkiko.
4 March 2026 Yasuwe: 800 0

Ubwirinzi nkene bwatumye Abanyamerika bagwa mu gitero cya Iran muri Koweit

Nyuma y’uko Minisitiri w’Intambara muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Pete Hegseth, agaragaje ko abasirikare batandatu b’iki gihugu biciwe mu birindiro byacyo muri Koweit bitewe n’uko byinjiriwe...
4 March 2026 Yasuwe: 772 0

Ntacyo bimbwiye - Trump ku kwitabira Igikombe cy’Isi kwa Iran

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko ntacyo bimubwiye kuba Iran izitabira Igikombe cy’Isi kizabera mu gihugu cye, Canada na Mexique.
4 March 2026 Yasuwe: 476 0

Umukinnyi w’Umunya-Iran yasezeye ku ikipe ye ngo ajye guhangana na Amerika na Israel

Rutahizamu w’umunya-Iran, Mehdi Taremi ukinira ikipe ya Olympiakos F.C yo mu Bugereki yayisezeyeho ngo ajye kurwanira igihugu cye gikomeje kugabwaho ibitero na Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel.
4 March 2026 Yasuwe: 763 0

Ni Imana yandinze- Prosper Nkomezi wavuye muri Israel mbere gato y’uko iraswaho na Iran

Prosper Nkomezi uvuye mu rugendo nyobokamana muri Israel, yashimye Imana ko yavuyeyo amahoro kuko nyuma y’iminsi mike agezeze i Kigali Iran yahise itangira kuhagaba ibitero.
4 March 2026 Yasuwe: 236 0

Abanyamahanga basura u Rwanda barwinjirije asaga miliyari 236 Frw mu mezi atatu

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishmibare mu Rwanda cyatangaje ko amafaranga u Rwanda rwinjije hagati y’Ugushyingo 2025 na Mutarama 2026, aturutse muri serivisi z’ingendo zikorwa n’Abanyamahanga basura...
4 March 2026 Yasuwe: 107 0

Imisanzu ya EjoHeza yageze kuri miliyari 90 Frw

Ikigo cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB) cyatangaje ko imisanzu abanyamuryango biteganiriza kuzagira amasaziro meza,binyuze kuri konti zabo imaze kugera kuri miliyari 62 z’amafaranga y’u...
4 March 2026 Yasuwe: 117 0

Espagne ishobora kuzira kwangira Trump gukoresha ibirindiro byayo arasa kuri Iran

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko igihugu cyabo kigiye guhagarika ubufatanye mu bucuruzi bwose na Espagne, kubera ko iki gihugu cyo mu Burayi cyanze ko ibirindiro...
4 March 2026 Yasuwe: 200 0

Sena ya Amerika yasabye ingabo za RDC guhagarika ibitero, igasubira ku meza y’ibiganiro

Sena ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) guhagarika kugaba ibitero ku birindiro by’ihuriro AFC/M23 mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na...
4 March 2026 Yasuwe: 192 0

Macky Sall wayoboye Sénégal mu bazahatanira kuyobora Loni

Macky Sall wahoze ari Perezida wa Sénégal yamaze gutanga kandidatire ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, nyuma y’uko António Guterres uyiyoboye manda ye izarangira ku wa 31...
4 March 2026 Yasuwe: 112 0