Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatangaje ko cyishe umuyobozi wari uyoboye umutwe w’ingabo za Iran zari ziri gutegura umugambi wo kwica Perezida Donald Trump.
Mu Nama y’Abaminisitiri yabaye kuri uyu wa 4 Werurwe 2026 iyobowe na Perezida Kagame, yemeje rya Minisitiri rigena uburyo abahanzi bagiye kujya babona inyungu ku ikoreshwa ry’ibihangano byabo.
Ku munsi wa gatanu wikurikiranya, ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’iza Israel zarasanye n’iza Iran zikoresheje intwaro za rutura ziri ku bwato, indege zinyaruka, misile zihuta cyane ndetse...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko ntacyo bimubwiye kuba Iran izitabira Igikombe cy’Isi kizabera mu gihugu cye, Canada na Mexique.
Rutahizamu w’umunya-Iran, Mehdi Taremi ukinira ikipe ya Olympiakos F.C yo mu Bugereki yayisezeyeho ngo ajye kurwanira igihugu cye gikomeje kugabwaho ibitero na Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel.