Umudage Moritz Kretschy ukinira Ikipe ya NSN Development Team yegukanye Tour du Rwanda 2026 nyuma y’uko yari yambaye umwambaro w’umuhondo kuva ku Gace ka Kane.
Wari wakora ikintu ugishyizeho umutima wawe wose ariko bikarangira kitagenze neza? Ha handi uba uvuga uti ibi bintu bishobora kuba atari ibyanjye ndumva byaruta nkabireka.
Alireza Arafi yemejwe nk’umusimbura w’agateganyo w’Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ali Khamenei, waguye mu bitero Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’iza Israel ziri kugaba kuri iki gihugu.
Hashize amasaha make bimenyekanye ko Ali Khamenei wari Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran yaguye mu bitero ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’iza Israel zagabye ku gihugu cye.
Ikigage ni kimwe mu binyobwa bikomeye mu mateka y’u Rwanda, kuko cyakoreshwaga mu mihango itandukanye ifite icyo ivuze ku rwego rw’umuryango n’igihugu muri rusange.