skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Nduhungirehe yahaye Abanyarwanda umukoro ku bijyanye n’umutekano

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yashishikarije abaturage gusigasira umutekano w’igihugu, by’umwihariko asaba ababyeyi guharanira kurinda abana babo...
1 March 2026 Yasuwe: 408 0

Umudage Moritz Kretschy yegukanye Tour du Rwanda 2026

Umudage Moritz Kretschy ukinira Ikipe ya NSN Development Team yegukanye Tour du Rwanda 2026 nyuma y’uko yari yambaye umwambaro w’umuhondo kuva ku Gace ka Kane.
1 March 2026 Yasuwe: 334 0

Rubavu: Impanuka yishe abantu 11

Impanuka yabereye mu Karere ka Rubavu ku wa Gatandatu wa tariki 28 Gashyantare 2026, yahitanye abantu 11.
1 March 2026 Yasuwe: 1348 0

Inkuru itangaje ya Cha Sa-soon wakoreye ‘permis’ inshuro zirenga 900 atsindwa

Wari wakora ikintu ugishyizeho umutima wawe wose ariko bikarangira kitagenze neza? Ha handi uba uvuga uti ibi bintu bishobora kuba atari ibyanjye ndumva byaruta nkabireka.
1 March 2026 Yasuwe: 395 0

Iran yashyizeho umusimbura w’Umuyobozi w’Ikirenga wishwe

Alireza Arafi yemejwe nk’umusimbura w’agateganyo w’Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ali Khamenei, waguye mu bitero Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’iza Israel ziri kugaba kuri iki gihugu.
1 March 2026 Yasuwe: 785 0

Kayonza: Umugore yatawe muri yombi akekwaho kuryamira umwana we agapfa

Inzego z’umutekano zataye muri yombi, Umugore wo mu Karere ka Kayonza, Umurenge wa Mukarange, ukekwaho kuryamira umwana we agahita yitaba Imana.
1 March 2026 Yasuwe: 457 0

Umuyobozi w’ikirenga wa Iran yishwe: Ibitero bya Amerika na Israel bigamije iki?

Hashize amasaha make bimenyekanye ko Ali Khamenei wari Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran yaguye mu bitero ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’iza Israel zagabye ku gihugu cye.
1 March 2026 Yasuwe: 481 0

Abajyanama b’ubuzima batangiye guhabwa telefone zikoresha ’AI’

Minisiteri y’Ubuzima yatangiye gutanga telefone zigezweho ku bajyanama b’ubuzima bose hirya no hino mu gihugu.
1 March 2026 Yasuwe: 351 0

Ikibuga cy’indege cya Dubai na hoteli ya Burj Al Arab byangijwe na missile za Iran

Ikibuga mpuzamahanga cy’indege cya Dubai na hoteli izwi cyane ifite ishusho y’ubwato yitwa Burj Al Arab, byangijwe n’igitero cyo kwihorera cyagabwe na Iran mu ijoro ryakeye.
1 March 2026 Yasuwe: 690 0

Rwenga litiro ibihumbi 20: Ibyo wamenya ku ruganda nyarwanda rwongerera agaciro ikigage

Ikigage ni kimwe mu binyobwa bikomeye mu mateka y’u Rwanda, kuko cyakoreshwaga mu mihango itandukanye ifite icyo ivuze ku rwego rw’umuryango n’igihugu muri rusange.
1 March 2026 Yasuwe: 507 0