skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Sénégal yiyemeje guhana yihanukiriye abaryamana bahuje ibitsina

Minisitiri w’Intebe wa Sénégal, Ousmane Sonko yatangaje ko iki gihugu kigeze kure umushinga w’itegeko ugamije gukaza ibihano ku baryamana n’abo bahuje ibitsina.
26 February 2026 Yasuwe: 189 0

Perezida Kagame yaganiriye n’abo muri Dialog Group ku iterambere ry’u Rwanda

Perezida Paul Kagame yakiriye itsinda ry’abayobozi 25 bakomeye mu Isi, baturutse muri Dialog Group, bari mu ruzinduko mu Rwanda rugamije kuganira ku bijyanye no guteza imbere ubuyobozi n’iterambere.
25 February 2026 Yasuwe: 214 0

Abanyamategeko ba Nshimiye ukekwaho uruhare muri Jenoside babeshye ko bafungiwe mu Rwanda

Abanyamategeko ba Eric Nshimiye ukekwaho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi wagombaga gutangira kuburanishwa muri Werurwe 2026, aho ari muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, basabye ko urubanza...
25 February 2026 Yasuwe: 514 0

Nyuma y’imyaka 2, Kenny Sol yongeye kugaruka muri MTN Iwacu Muzika Festival

Nyuma y’igihe kingana n’imyaka ibiri atagaragara ku rubyiniro rwa MTN Iwacu Muzika Festival, umuhanzi Kenny Sol yongeye gutangazwa mu bazasusurutsa abazitabira iri serukiramuco rikomeye ritegurwa...
25 February 2026 Yasuwe: 186 0

Umubiligi Mathjis De Clercq yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026

Mathjis De Clercq ukomoka mu Bubiligi akaba akinira Soudal Quick-Step Devo Team yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026 akoresheje amasaha atatu, iminota 5 n’amasegonda 55.
25 February 2026 Yasuwe: 287 0

Miss Uwase Raissa Vanessa yibarutse imfura

Miss Uwase Raisa Vanessa wabaye igisonga cya mbere cya Nyampinga w’u Rwanda 2015 n’umugabo we Ngenzi Dylan baherutse gushyingiranwa bari mu byishimo byo kwibaruka umwana w’imfura.
25 February 2026 Yasuwe: 340 0

Imvura yaguye muri Gashyantare yishe abantu 11 ikomeretsa 49

Minisiteri ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi, (MINEMA) yatangaje ko imvura yaguye mu Gihugu hose kuva ku wa 01 kugeza ku wa 22 Gashyantare 2026, imaze guhitana abantu 11, abandi 49 barakomereka ndetse...
25 February 2026 Yasuwe: 253 0

Ababyeyi banjye banyigishije kwanga igihugu n’Abatutsi - Ubuhamya bwa Nubuhoro

Nubuhoro umaze imyaka iigera kuri 20 mu Bubiligi yagaragaje agahinda yakuranye aho ababyeyi be bamwigishaga kwanga igihugu cye aho kumubwiza ukuri ku mateka yaranze u Rwanda akarugeza muri Jenoside...
25 February 2026 Yasuwe: 811 0

Icyihishe inyuma y’ubwiyongere bw’inda ziterwa abangavu mu mboni z’abo mu Ngororero

Ingimbi n’abangavu biga ku ishuri rya GS Muhororo riherereye mu Murenge wa Gatumba mu Karere ka Ngororero bavuga ko mu biri gutera ubwiyongere bw’inda ziterwa abangavu harimo filimi z’urukozasoni,...
25 February 2026 Yasuwe: 241 0

Perezida Kagame yashimye umusanzu wa ‘FIFA Forward’ muri siporo y’u Rwanda

Perezida Paul Kagame yagaragaje umusanzu wa gahunda ya FIFA Forward yatangijwe n’Ishyirahamwe rya Ruhago ku Isi (FIFA) mu guteza imbere umupira w’amaguru.
25 February 2026 Yasuwe: 300 0