Perezida Paul Kagame yakiriye itsinda ry’abayobozi 25 bakomeye mu Isi, baturutse muri Dialog Group, bari mu ruzinduko mu Rwanda rugamije kuganira ku bijyanye no guteza imbere ubuyobozi n’iterambere.
Abanyamategeko ba Eric Nshimiye ukekwaho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi wagombaga gutangira kuburanishwa muri Werurwe 2026, aho ari muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, basabye ko urubanza...
Nyuma y’igihe kingana n’imyaka ibiri atagaragara ku rubyiniro rwa MTN Iwacu Muzika Festival, umuhanzi Kenny Sol yongeye gutangazwa mu bazasusurutsa abazitabira iri serukiramuco rikomeye ritegurwa...
Mathjis De Clercq ukomoka mu Bubiligi akaba akinira Soudal Quick-Step Devo Team yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026 akoresheje amasaha atatu, iminota 5 n’amasegonda 55.
Minisiteri ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi, (MINEMA) yatangaje ko imvura yaguye mu Gihugu hose kuva ku wa 01 kugeza ku wa 22 Gashyantare 2026, imaze guhitana abantu 11, abandi 49 barakomereka ndetse...
Ingimbi n’abangavu biga ku ishuri rya GS Muhororo riherereye mu Murenge wa Gatumba mu Karere ka Ngororero bavuga ko mu biri gutera ubwiyongere bw’inda ziterwa abangavu harimo filimi z’urukozasoni,...
Perezida Paul Kagame yagaragaje umusanzu wa gahunda ya FIFA Forward yatangijwe n’Ishyirahamwe rya Ruhago ku Isi (FIFA) mu guteza imbere umupira w’amaguru.