skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Trump yongeye gushyira intambara yo muri RDC mu zo yahagaritse

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye gushyira intambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu zo yahagaritse hirya no hino ku Isi.
25 February 2026 Yasuwe: 337 0

U Rwanda ntirwumva uburyo Gen Ekenge akidegembya nyuma y’imvugo zibiba urwango

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yahamije ko amagambo y’urwango yibasira Abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abatutsi ashyigikiwe n’ubutegetsi bwa...
25 February 2026 Yasuwe: 280 0

Trump yateye utwatsi iby’uko Umugaba w’Ingabo wa Amerika arwanya gutera Iran

Perezida Donald Trump, yateye utwatsi amakuru y’uko Umugaba Mukuru w’Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Gen Daniel Caine, arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Iran.
25 February 2026 Yasuwe: 280 0

Abazatanga atarenze 5000 Frw ya Mituweli bihariye 70%

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Habimana Dominique yagaragaje ko imisanzu ivuguruye ya Mituweli idakwiye gutera ikibazo mu buryo bw’amikoro kuko yazamuwe harebwe ku mibereho y’abaturage ndetse...
25 February 2026 Yasuwe: 465 0

Umwana wigaga mu mashuri abanza yarohamye

Umwana w’imyaka icyenda wigaga ku ishuri ribanza rya G.S Cyarwa yarohamye mu mugezi wa Nganzo ahita apfa.
24 February 2026 Yasuwe: 393 0

Perezida Kagame yakiriye Minisitiri Waleed wa Arabie Saoudite

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 24 Gashyantare 2026, Perezida Paul Kagame yakiriye i Kigali Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Wungirije wa Arabie Saoudite, Waleed bin Abdulkarim El-Khereiji.
24 February 2026 Yasuwe: 235 0

Huye: Abitwaje imihoro n’ibibando bagabye igitero bakomeretsa umuturage baranasahura

Abantu umunani batahise bamenyekana bitwaje imihoro n’ibibando bateye mu Mudugudu wa Rusisiro, Akagali ka Matyazo mu Murenge wa Huye mu Karere ka Huye, basiga bakomerekeje umuturage banasahura...
24 February 2026 Yasuwe: 774 0

Umuhorandi Jurgen Zomermaand yegukanye agace ka Gatatu ka Tour du Rwanda 2026

Umuhorandi Jurgen Zomermaand ukinira Picnic Team yegukanye agace ka Gatatu ka Tour du Rwanda 2026 akoresheje amasaha atatu, iminota 44 n’amasegonda 53 ku Ntera y’Ibilometero 145,3.
24 February 2026 Yasuwe: 324 0

Rubavu: Batandatu bafungiwe kwiba insinga z’amashanyarazi

Abantu batandatu bakekwaho kwiba insinga z’amashanyarazi mu Mujyi wa Rubavu, Akarere ka Rubavu, batawe muri yombi mu mpera z’icyumweru gishize nyuma yo gufatanwa bimwe mu bikoresho by’amashanyarazi...
24 February 2026 Yasuwe: 294 0

MONUSCO na ICGLR byagiye gusuzuma uko umutekano uhagaze muri Uvira

Itsinda rihuriweho rihagarariye ubutumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO) n’Inama mpuzamahanga y’akarere k’Ibiyaga Bigari (ICGLR),...
24 February 2026 Yasuwe: 433 0