Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye gushyira intambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu zo yahagaritse hirya no hino ku Isi.
Perezida Donald Trump, yateye utwatsi amakuru y’uko Umugaba Mukuru w’Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Gen Daniel Caine, arwanya ibikorwa bya gisirikare kuri Iran.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 24 Gashyantare 2026, Perezida Paul Kagame yakiriye i Kigali Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga Wungirije wa Arabie Saoudite, Waleed bin Abdulkarim El-Khereiji.
Abantu umunani batahise bamenyekana bitwaje imihoro n’ibibando bateye mu Mudugudu wa Rusisiro, Akagali ka Matyazo mu Murenge wa Huye mu Karere ka Huye, basiga bakomerekeje umuturage banasahura...
Umuhorandi Jurgen Zomermaand ukinira Picnic Team yegukanye agace ka Gatatu ka Tour du Rwanda 2026 akoresheje amasaha atatu, iminota 44 n’amasegonda 53 ku Ntera y’Ibilometero 145,3.
Abantu batandatu bakekwaho kwiba insinga z’amashanyarazi mu Mujyi wa Rubavu, Akarere ka Rubavu, batawe muri yombi mu mpera z’icyumweru gishize nyuma yo gufatanwa bimwe mu bikoresho by’amashanyarazi...