Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ibihano Leta Zunze Ubumwe za Amerika yafatiye RDF na bamwe mu Bayobozi Bakuru b’Ingabo bidashingiye ku kuri kw’ibiba mu ntambara imaze imyaka mu burasirazuba bwa...
Perezida wa Amerika Donald Trump yatangaje ko intambara bahanganyemo na Iran iri kwihuta ugereranyije n’uko bari babiteguye kuko yabarirwaga kuzamara hagati y’ibyumweru bine na bitanu.
Sosiyete y’u Rwanda ikora ubwikorezi bwo mu kirere, RwandAir, yatangaje ko kubera intambara ya Amerika na Iran ikomeje guca ibintu mu Burasirazuba bwo hagati, ingendo zijya cyangwa iziva mu bice...
Kuva tariki ya 28 Gashyantare 2026, ingabo za Iran zakajije ibitero mu bihugu byo mu Burasirazuba bwo Hagati bibamo ibirindiro by’ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu rwego rwo kwihorera,...
Mu gihe cy’imyaka ine, kuva mu mwaka wa 2020 kugeza mu 2024, ikigero cy’ubushomeri mu Rwanda cyaragabanyutse haba mu baturage b’ibigitsina gore ndetse n’ab’igitsina gabo.