Hashize amasaha make bimenyekanye ko Ali Khamenei wari Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran yaguye mu bitero ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’iza Israel zagabye ku gihugu cye.
Ikigage ni kimwe mu binyobwa bikomeye mu mateka y’u Rwanda, kuko cyakoreshwaga mu mihango itandukanye ifite icyo ivuze ku rwego rw’umuryango n’igihugu muri rusange.
Hakizimana Apollinaire w’imyaka 23 yanyomoje Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikunze kuvuga ko umutwe wa FDLR utagiteye inkeke, agaragaza ko yari umwe mu barwanyi bawo kandi ko ibikorwa...
Hari isabukuru iza nk’ibirori. Hari n’iza nk’isengesho. Kuri uyu wa Gatanu tariki 27 Gashyantare 2026, Rukundo Christian wamenye nka Chriss Eazy mu muziki nyarwanda, yujuje imyaka 25 y’amavuko. Ni...