Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko igihugu cyabo kigiye guhagarika ubufatanye mu bucuruzi bwose na Espagne, kubera ko iki gihugu cyo mu Burayi cyanze ko ibirindiro...
Sena ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) guhagarika kugaba ibitero ku birindiro by’ihuriro AFC/M23 mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na...
Macky Sall wahoze ari Perezida wa Sénégal yamaze gutanga kandidatire ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, nyuma y’uko António Guterres uyiyoboye manda ye izarangira ku wa 31...
Umuryango Nyarwanda wita ku buzima bw’amatwi (Hearing Health Rwanda), watangaje ko ibikorwa byo gusuzuma abanyeshuri bafite ikibazo cy’amatwi wakoreye mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali...
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryinjije mu ngabo zaryo abarwanyi bo mu mutwe udasanzwe 1518 barimo abavuye mu ngabo za FARDC biyemeje guhangana...
Impirimbanyi y’uburenganzira bw’ikiremwamuntu muri Zimbabwe, Rutendo Matinyarare, yahamije ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafatiye ibihano Ingabo z’u Rwanda (RDF) kubera ko iki gihugu giharanira...
Ambasaderi wa Iran muri Loni, Ali Bahreini yatangaje ko bazakomeza kwirwanaho mu ntambara bahanganyemo na Israel na Amerika kugeza igihe ibitero igabwaho bizahagarara.