Mu gihe cy’imyaka ine, kuva mu mwaka wa 2020 kugeza mu 2024, ikigero cy’ubushomeri mu Rwanda cyaragabanyutse haba mu baturage b’ibigitsina gore ndetse n’ab’igitsina gabo.
Umudage Moritz Kretschy ukinira Ikipe ya NSN Development Team yegukanye Tour du Rwanda 2026 nyuma y’uko yari yambaye umwambaro w’umuhondo kuva ku Gace ka Kane.
Wari wakora ikintu ugishyizeho umutima wawe wose ariko bikarangira kitagenze neza? Ha handi uba uvuga uti ibi bintu bishobora kuba atari ibyanjye ndumva byaruta nkabireka.
Alireza Arafi yemejwe nk’umusimbura w’agateganyo w’Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ali Khamenei, waguye mu bitero Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’iza Israel ziri kugaba kuri iki gihugu.