Abarundi batuye muri Komine ya Cibitoke mu Ntara ya Bujumbura bararira ayo kwarika nyuma y’aho muri Gashyantare 2026 Leta y’u Burundi irenze ku isezerano yari yarabahaye ryo gufungura imipaka yabwo...
Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatangaje ko cyishe umuyobozi wari uyoboye umutwe w’ingabo za Iran zari ziri gutegura umugambi wo kwica Perezida Donald Trump.
Mu Nama y’Abaminisitiri yabaye kuri uyu wa 4 Werurwe 2026 iyobowe na Perezida Kagame, yemeje rya Minisitiri rigena uburyo abahanzi bagiye kujya babona inyungu ku ikoreshwa ry’ibihangano byabo.
Ku munsi wa gatanu wikurikiranya, ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’iza Israel zarasanye n’iza Iran zikoresheje intwaro za rutura ziri ku bwato, indege zinyaruka, misile zihuta cyane ndetse...