skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Perezida Kagame yashimangiye ko u Rwanda rudakwiye kwikorezwa imitwaro itari iyarwo

Perezida Paul Kagame yagaragaje ko u Rwanda ruzikorera umutwaro warwo bityo ko rudakwiye kubazwa inshingano z’abandi, anasaba ko ibibazo byo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...
7 March 2026 Yasuwe: 728 0

Amerika: Inganda za gisirikare zemereye Trump gukuba kane intwaro n’indege zikora

Ku wa 6 Werurwe 2026, inganda zikorana n’igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika zemereye Perezida Donald Trump gukuba kane intwaro n’ibindi bikoresho bya gisirikare zikora, mu gihe intambara...
7 March 2026 Yasuwe: 512 0

Iran yasabye ingabo zayo kutongera kurasa mu bihugu by’abaturanyi

Perezida wa Iran, Masoud Pezeshkian, yatangaje ko Inama iyoboye by’agateganyo iki gihugu yasabye ingabo zacyo kutongera kugaba ibitero mu bihugu by’abaturanyi biri mu Burasirazuba bwo Hagati.
7 March 2026 Yasuwe: 950 0

Misile zakomerekeje ingabo za Ghana ziri muri Liban

Igisirikare cya Ghana cyatangaje ko misile ebyiri zarashwe ku basirikare bayo bari mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Liban (UNIFIL) ku wa 6 Werurwe 2026, hakomereka babiri, undi...
7 March 2026 Yasuwe: 477 0

Iran yateguje u Burayi no nibufasha Amerika na Israel na bwo buzaraswa

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wungirije wa Iran, Majid Takht-Ravanchi, yatangaje ko ibihugu by’i Burayi nibifasha Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel mu ntambara ikomeje mu Burasirazuba bwo...
7 March 2026 Yasuwe: 582 0

Perezida Kagame yavuze kuri RDC yahaye rugari FDLR n’umuhungu wa Habyarimana

Perezida Paul Kagame yagaragaje uburyo abo mu muryango wa Habyarimana cyane cyane umuhungu we bakomeje gukorera ingendo i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu mugambi wo...
7 March 2026 Yasuwe: 1170 0

Umuyobozi wa COPCOM yafunzwe iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwategetse ko umuyobozi wa Koperative icuruza ibikoresho by’ubwubatsi ikorera mu Gakinjiro mu Murenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo (COPCOM), Kamonyo Bahenda André,...
7 March 2026 Yasuwe: 817 0

U Rwanda rwiteguye gukuraho ingamba z’ubwirinzi mu gihe RDC yubahirije ibyo isabwa-Paul Kagame

Perezida Paul Kagame yasobanuye ko u Rwanda rushaka amahoro arambye kandi rwiteguye gukuraho ingamba z’ubwirinzi mu gihe RDC yakubahiriza inshingano zayo nk’uko ziteganyijwe mu masezerano ya...
7 March 2026 Yasuwe: 705 0

Perezida Kagame yakiriye ba ambasaderi bashya 20, biyemeza gushimangira umubano n’u Rwanda

Perezida Paul Kagame yakiriye impapuro zemerera ba ambasaderi bashya 20 guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda bavuga ko bazashyira imbere gushaka amahirwe mashya y’imikoranire.
7 March 2026 Yasuwe: 287 0

Aimée Beauté Mushashi yashyingiwe [AMAFOTO]

Aimée Beauté Mushashi wamamaye ku bitangazamakuru bitandukanye bikomeye mu Rwanda, asoma amakuru kuri televiziyo yasezeranye imbere y’amategeko n’umusore witwa Nyamwasa Francis bitegura kurushinga.
6 March 2026 Yasuwe: 2634 0