Perezida Paul Kagame yagaragaje ko u Rwanda ruzikorera umutwaro warwo bityo ko rudakwiye kubazwa inshingano z’abandi, anasaba ko ibibazo byo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...
Ku wa 6 Werurwe 2026, inganda zikorana n’igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika zemereye Perezida Donald Trump gukuba kane intwaro n’ibindi bikoresho bya gisirikare zikora, mu gihe intambara...
Perezida wa Iran, Masoud Pezeshkian, yatangaje ko Inama iyoboye by’agateganyo iki gihugu yasabye ingabo zacyo kutongera kugaba ibitero mu bihugu by’abaturanyi biri mu Burasirazuba bwo Hagati.
Igisirikare cya Ghana cyatangaje ko misile ebyiri zarashwe ku basirikare bayo bari mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Liban (UNIFIL) ku wa 6 Werurwe 2026, hakomereka babiri, undi...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wungirije wa Iran, Majid Takht-Ravanchi, yatangaje ko ibihugu by’i Burayi nibifasha Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel mu ntambara ikomeje mu Burasirazuba bwo...
Perezida Paul Kagame yagaragaje uburyo abo mu muryango wa Habyarimana cyane cyane umuhungu we bakomeje gukorera ingendo i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu mugambi wo...
Urukiko rw’Ibanze rwa Gasabo rwategetse ko umuyobozi wa Koperative icuruza ibikoresho by’ubwubatsi ikorera mu Gakinjiro mu Murenge wa Gisozi mu Karere ka Gasabo (COPCOM), Kamonyo Bahenda André,...