Leta ya Kenya yatangaje ko abishwe n’umwuzure watewe n’imvura y’amahindu yaguye mu bice bitandukanye by’iki gihugu ku wa 6 Werurwe 2026 bageze kuri 42.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump, yatangije ubufatanye hagati ya Amerika n’ibihugu byo muri Amerika y’Amajyepfo bugamije kurwanya abacuruza ibiyobyabwenge.
Umugabo n’umugore we bo mu Karere ka Gisagara, Umurenge wa Mugombwa, Akagari ka Mukomacara, batawe muri yombi bakekwaho kwica bashinyaguriye uwitwa Tuyizere Violette w’imyaka 30.
Abakuru b’ibihugu na za guverinoma mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) bafashe umwanzuro wo gukuraho gahunda yo gutanga imisanzu ingana, bayisimbuza ishingiye ku bushobozi buri gihugu...