Ubushakashatsi bw’ikigo gikora ubushakashatsi n’ubusesenguzi ku ngamba zitandukanye (IPAR: Institute of Policy Analysis and Research) bwagaragaje ko muri miliyoni zirenga eshatu z’urubyiruko ruri...
Perezida Donald Trump yatangaje ko Senateri Markwayne Mullin wo mu Ishyaka ry’Aba-Républicain azasimbura Kristi Noem ku mwanya wa Minisitiri Ushinzwe Umutekano w’Imbere mu Gihugu.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran, Abbas Araghchi yatangaje ko igisirikare cy’igihugu cye kiteguye intambara yo ku butaka na America ifatanyije na Israel, yagaragaje ko nta bwoba bafite.
Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yibukije ibihugu byo mu Muryango w’Ubumwe n’u Burayi, kwitega ko isaha n’isaha ashobora guhagarika kubiha gaz n’ibikomoka kuri peteroli.
Ubushakashatsi butandukanye, nk’ubwasohotse mu kinyamakuru cya Science Direct mu wa 2020, bwakozwe na Naomi Harvey, Alexandra Moesta n’abandi, bwagaragaje ko inyamaswa zitandukanye nk’imbeba,...
Imbwa 204 zo mu turere twa Ngoma na Kayonza bwakonnye imbwa 204 z’abaturage, izindi zirakingirwa ku buntu, abaturage basabwa kwirinda kuzifata nabi kuko bituma zihinduka inyagasozi zikaba zarya...