Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Iran, Abbas Araghchi yatangaje ko igisirikare cy’igihugu cye kiteguye intambara yo ku butaka na America ifatanyije na Israel, yagaragaje ko nta bwoba bafite.
Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yibukije ibihugu byo mu Muryango w’Ubumwe n’u Burayi, kwitega ko isaha n’isaha ashobora guhagarika kubiha gaz n’ibikomoka kuri peteroli.
Ubushakashatsi butandukanye, nk’ubwasohotse mu kinyamakuru cya Science Direct mu wa 2020, bwakozwe na Naomi Harvey, Alexandra Moesta n’abandi, bwagaragaje ko inyamaswa zitandukanye nk’imbeba,...
Imbwa 204 zo mu turere twa Ngoma na Kayonza bwakonnye imbwa 204 z’abaturage, izindi zirakingirwa ku buntu, abaturage basabwa kwirinda kuzifata nabi kuko bituma zihinduka inyagasozi zikaba zarya...
Abarundi batuye muri Komine ya Cibitoke mu Ntara ya Bujumbura bararira ayo kwarika nyuma y’aho muri Gashyantare 2026 Leta y’u Burundi irenze ku isezerano yari yarabahaye ryo gufungura imipaka yabwo...