skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

Amerika yateganyije ko intambara yatangije kuri Iran izamara ibyumweru bitanu

Perezida wa Amerika Donald Trump yatangaje ko intambara bahanganyemo na Iran iri kwihuta ugereranyije n’uko bari babiteguye kuko yabarirwaga kuzamara hagati y’ibyumweru bine na bitanu.
2 March 2026 Yasuwe: 540 0

Ingendo za RwandAir zijya mu Burasirazuba bwo hagati zakomwe mu nkokora n’intambara

Sosiyete y’u Rwanda ikora ubwikorezi bwo mu kirere, RwandAir, yatangaje ko kubera intambara ya Amerika na Iran ikomeje guca ibintu mu Burasirazuba bwo hagati, ingendo zijya cyangwa iziva mu bice...
2 March 2026 Yasuwe: 151 0

Akagambane k’abapasiteri, amarozi,…ibyo utamenye kuri Eddy Kamoso wamamaye kuri Radio10

Umunyamakuru Eddy Kamoso, akaba n’umuhanzi w’indirimbo zihimbaza Imana wabaga i Burundi mu 2015 haba imvururu zo guhirika ubutegetsi bwa Pierre Nkurunziza, yahishuye ko icyo gihe yasubiranye mu...
2 March 2026 Yasuwe: 533 0

Amerika ifite ingabo zingana iki mu Burasirazuba bwo Hagati buri kuraswaho na Iran?

Kuva tariki ya 28 Gashyantare 2026, ingabo za Iran zakajije ibitero mu bihugu byo mu Burasirazuba bwo Hagati bibamo ibirindiro by’ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu rwego rwo kwihorera,...
2 March 2026 Yasuwe: 443 0

Ibiciro by’ibikorerwa mu nganda byiyongereyeho 4,8%

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, NISR, cyatangaje ko ibiciro by’ibikorerwa mu nganda zo mu Rwanda byazamutseho 4,8% muri Mutarama 2026, ugereranyije n’uko byari bihagaze muri Mutarama 2025.
2 March 2026 Yasuwe: 122 0

Abashomeri mu Rwanda baragabanyutse mu myaka 4

Mu gihe cy’imyaka ine, kuva mu mwaka wa 2020 kugeza mu 2024, ikigero cy’ubushomeri mu Rwanda cyaragabanyutse haba mu baturage b’ibigitsina gore ndetse n’ab’igitsina gabo.
2 March 2026 Yasuwe: 104 0

Walikale: AFC/M23 yisubije Buhimba

Ihuriro AFC/M23 ryisubije santere ya Buhimba iherereye muri gurupoma ya Waloa Yungu muri teritwari ya Walikale, nyuma y’imirwano ikaze yarihanganishije n’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi...
2 March 2026 Yasuwe: 563 0

Perezida Museveni ntarareba umukino n’umwe w’umupira w’amaguru w’i Burayi

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yasabye urubyiruko kudashora amafaranga mu bitabyara inyungu, atanga urugero ku bayashora ngo barebe umupira w’amaguru w’i Burayi, anahishura ko...
1 March 2026 Yasuwe: 334 0

Nduhungirehe yahaye Abanyarwanda umukoro ku bijyanye n’umutekano

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yashishikarije abaturage gusigasira umutekano w’igihugu, by’umwihariko asaba ababyeyi guharanira kurinda abana babo...
1 March 2026 Yasuwe: 361 0

Umudage Moritz Kretschy yegukanye Tour du Rwanda 2026

Umudage Moritz Kretschy ukinira Ikipe ya NSN Development Team yegukanye Tour du Rwanda 2026 nyuma y’uko yari yambaye umwambaro w’umuhondo kuva ku Gace ka Kane.
1 March 2026 Yasuwe: 313 0