skol
Kigali

Author

Brenda MIZERO

AFC/M23 igiye kurekura abasirikare 230 ba RDC

Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko rigiye kurekura abasirikare 230 ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryafatiye mu Mujyi wa Goma mu mwaka ushize, n’abandi benshi barimo abarwanyi bo muri...
20 February 2026 Yasuwe: 790 0

U Burusiya bwaburijemo igitero cy’iterabwoba cyari cyateguwe ku munsi w’ingabo

Urwego rushinzwe Ubutasi imbere mu Burusiya (FSB) rwatangaje ko rwaburijemo igitero cyari cyateguwe kuzagabwa n’ibyihebe ku munsi wizihirizwaho abarwaniye u Burusiya.
20 February 2026 Yasuwe: 467 0

Bobi Wine yasabwe kureka imikino y’injangwe n’imbeba

Perezida w’ihuriro ry’amashyaka riharanira Impinduka za Demokarasi (Forum for Democratic Change), Patrick Amuriat Oboi, yabwiye Bobi Wine w’ishyaka rya NUP kureka kwihisha, ibyo we yise umukino...
20 February 2026 Yasuwe: 769 0

MINICT yahakanye ibivugwa kuri ‘Monétisation’ ya TikTok mu Rwanda

Minisiteri y’lkoranabuhanga mu Itumanaho na Inovasiyo (MINICT) yahakanye amakuru y’uko ‘TikTok’ yashyizeho uburyo bwo kwinjiza amafaranga ku bashyira amakuru kuri TikTok bari mu Rwanda, bizwi nka...
20 February 2026 Yasuwe: 500 0

Tunisia: Umudepite yafunzwe azira amagambo yavuze kuri Perezida

Ahmed Saidani wari Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko ya Tunisia yakatiwe gufungwa amezi umunani, kubera amagambo yibasira Perezida w’iki gihugu, Kais Saied.
20 February 2026 Yasuwe: 231 0

RIB yataye muri yombi Mike Habinshuti wabaye mu buyobozi bwa Rayon Sports

Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB rwataye muri yombi Mike Habinshuti wahoze mu buyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports acyekwaho gukwirakwiza ibiyobyabwenge.
20 February 2026 Yasuwe: 596 0

Ibikorwaremezo by’ingenzi bizatwara miliyari 500 Frw mu 2025/26

Raporo y’imihigo ya Minisiteri y’Ibikorwaremezo, igaragaza ko mu mwaka w’ingengo y’imari ya 2025/2026 hazakoreshwa arenga miliyari 513 Frw mu kubaka no gusana ibikorwaremezo bitandukanye.
20 February 2026 Yasuwe: 192 0

Amasoko ya Leta angana na 89% atangirwa mu ikoranabuhanga

Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi (MINECOFIN) yatangaje ko urubuga rwa Umucyo e-Procurement rutangirwaho amasoko ya Leta ubu rugeze ku ijanisha rya 89% by’atangirwaho mu gihe andi asigaye yahuye...
20 February 2026 Yasuwe: 86 0

Perezida Kagame yakiriye intumwa za EU baganira ku mutekano wo muri RDC

Perezida Kagame yakiriye Komiseri muri Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), ushinzwe uburinganire kwitegura no guhangana n’ibibazo, Hadja Lahbib.
20 February 2026 Yasuwe: 242 0

Murumuna w’Umwami Charles III w’u Bwongereza yafunguwe

Polisi yo mu Bwongereza yatangaje ko yarekuye Andrew Mountbatten-Windsor wahoze ari Igikomangoma wari umaze amasaha afunzwe ari guhatwa ibibazo ku mubano yari afitanye na Jeffrey Epstein wahamijwe...
20 February 2026 Yasuwe: 220 0