skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Inteko ishinga amategeko yatangiye gusuzuma itegeko rishaririye ku basaba gatanya bashaka imitungo

Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yatangiye gusuzuma umushinga w’itegeko rishobora gutuma abashakanye batagabanywa imitungo yabo mu buryo bungana, igihe bahisemo gutandukana hatarashira imyaka...
18 March 2024 Yasuwe: 2017 0

Kanye West yahishuye abagore babiri b’ibyamamare yifuje gusambanya icyarimwe

Umuraperi Kanye West yatangaje ko hari igihe yifuje gukorana imibonano mpuzabitsina icyarimwe n’uwari umukunzi we kera, Amber Rose n’umuraperi mugenzi we Nicki Minaj, mu myaka yashize.
18 March 2024 Yasuwe: 1799 0

Umugabo yasabye urukiko gatanya nyuma yo gufata umugore we yogoshwe ku myanya y’ibanga

Umugabo wo mu gace ka Chilenje mu mujyi wa Lusaka muri Zabia, yabwiye urukiko rw’ibanze rwa Boma ko ashaka gutandukana n’umugore we kubera ko yagiye gushyingura umuvandimwe we akagaruka yogoshwe ku...
18 March 2024 Yasuwe: 2359 0

Ikigo cya KKOG Rwanda Ltd cyabimburiye ibindi kubaka uruganda rw’urumogi mu Rwanda

Ikigo cyitwa KKOG Rwanda Ltd cyatangiye imirimo yo kubaka uruganda ruzajya rukora imirimo yo guhinga no gutunganya urumogi mu karere ka Musanze.
18 March 2024 Yasuwe: 1015 0

Hamenyekanye akayabo gashobora gucibwa abazanye umuceri utujuje ubuziranenge u Rwanda

Komiseri ushinzwe gasutamo mu Kigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro, RRA, Mwumvaneza Félicien, yavuze ko abacuruzi binjije mu gihugu umuceri utujuje ubuziranenge bashobora gucibwa amande ya miliyoni...
18 March 2024 Yasuwe: 3189 1

AS Kigali yujuje umunsi wa kane idakora imyitozo,iy’abagore nayo irahira kutazongera kuyikora

Abakinnyi b’ikipe ya AS Kigali yujuje umunsi wa kane idakora imyitozo nyuma yo kudahembwa umushahara wabo mu gihe cy’amezi ane.
18 March 2024 Yasuwe: 383 0

Mirafa yasezeye gukina umupira w’amaguru ku myaka 28 kubera abantu babi

Umukinnyi wo hagati mu kibuga Nizeyimana Mirafa yasezeye gukina umupira w’amaguru ku myaka 28 kubera gutenguhwa n’abantu yasabaga ubufasha mu mupira w’amaguru bakamusaba ruswa.
18 March 2024 Yasuwe: 1467 0

Turkia: Abafana binjiye mu kibuga gukubita abakinnyi bari bamaze kubatsinda

Abakinnyi b’ikipe ya Fenerbahce birwanyeho bakubita abafana ba Trabzonspor binjiye mu kibuga baje kubakubita nyuma y’uburakari bwo gutsindwa ibitego 3-2.
18 March 2024 Yasuwe: 568 0

MONUSCO yiyemeje gushaka no kujyana mu nkiko abarashe abasirikare bayo umunani

Umuvugizi w’igisirikare cya DR Congo muri Kivu ya Ruguru yatangaje ko barindwi (7) mu bo mu ngabo za MONUSCO bari mu birindiro byabo i Sake bakomerekejwe n’ibisasu by’inyeshyamba za M23.
18 March 2024 Yasuwe: 1308 0

Amavubi yerekeje muri Madagascar afite abakinnyi 19 muri 34 bahamagawe

Abasore b’ikipe y’igihugu,Amavubi, berekeje muri Madagascar gukina imikino ibiri ya gicuti kuri uyu wa mbere aho hahagurutse abakinnyi 19 bahurira n’abandi bakina hanze muri iki gihugu.
18 March 2024 Yasuwe: 1190 0