skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

RDC: Imirwano yubuye i Sake nyuma y’iminsi hari agahenge

Abatuye mu duce twegereye ‘centre’ ya Sake baremeza ko kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu haramutse imirwano ikomeye hagati y’ingabo za leta n’abakorana nazo hamwe n’inyeshyamba za M23,...
16 March 2024 Yasuwe: 1427 0

Rusizi: Umuyobozi wa Njyanama yeguye nyuma yo gusaba ibisobanuro meya

Madamu Béatrice Uwumukiza waraye akuwe ku mwanya w’Umuyobozi w’agateganyo wa RICA, amakuru ava Rusizi aremeza ko yamaze no gusezera ku mwanya wa Perezidante w’Inama Njyanama y’aka Karere.
16 March 2024 Yasuwe: 9284 0

Depite yakoreye ubuvugizi abasirikare b’abakobwa bo muri RDF batambarirwa na bagenzi babo mu bukwe

Minisiteri y’Ingabo yagejejweho ikibazo cy’abasirikare b’abakobwa mu ngabo z’u Rwanda (RDF) batambarirwa na bagenzi babo b’abakobwa iyo bakoze ubukwe.
16 March 2024 Yasuwe: 1165 0

Bruce Melodie yasabye The Ben kuba umunyamwete akareka imikino

Umuhanzi Bruce Melodie yavuze ko The Ben atari umunyamwete,nyuma y’uko The Ben atangaje ko impamvu yanze gukorana indirimbo na Bruce Melodie ari uko yamusanze ari gukina PlayStation akanga...
16 March 2024 Yasuwe: 1016 0

Burundi: Leta yemeje ko Abarundi baza gucuruza rwihishwa mu Rwanda bazajya bahanwa nk’abanzi b’igihugu

Leta y’u Burundi ivuga ko umuturage wayo uzafatwa yambukana ibicuruzwa mu Rwanda azahanwa nk’umwanzi w’igihugu.
15 March 2024 Yasuwe: 943 0

Perezida Kagame yasabye abayobozi kugira imico n’imyifatire bijyanye na politiki y’u Rwanda

Perezida Kagame yasabye abayobozi barimo abo yakiriye indahiro zabo kuri uyu wa 15 Werurwe 2024,kujyanisha imico n’imyifatire yabo na politiki nziza igihugu gifite.
15 March 2024 Yasuwe: 625 0

Liverpool yongeye gutombora inzira nziza ishobora kuyihesha Europa League

Tombola igaragaza uko amakipe azahura muri ¼ CYA Europa League yarangiye ikipe ya Liverpool ihabwa amahirwe menshi yo gutwara iki gikombe itomboye Atalanta yo mu Butaliyani mu gihe AC Milan...
15 March 2024 Yasuwe: 1709 0

Real Madrid yongeye gutombora Manchester City muri Champions League [Uko tombola ya 1/4 yagenze]

Ikipe ya Real Madrid yahawe amahirwe yo kwihorera kuri Man City yayisezereye ubushize aho batomboranye muri 1/4 cy’irangiza muri UEFA Champions League mu gihe Arsenal yatomboye Bayern Munich yigeze...
15 March 2024 Yasuwe: 2049 0

Ubushinjacyaha bwasabiye CG (Rtd) Gasana igifungo cy’imyaka 10

Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwasabye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyagatare guhamya CG (Rtd) Gasana Emmanuel wahoze ari Guverineri w’Intara y’Uburasirazuba ibyaha akurikiranyweho, rukamuhanisha igihano...
15 March 2024 Yasuwe: 1684 0

Perezida Kagame yanenze guceceka kwa EAC nyuma yo kwirukanwa kw’ingabo zayo muri RDC

Perezida Kagame yatangaje ko yatunguwe no kuba ubuyobozi bwa EAC ntacyo bwavuze ku kwirukanwa kw’ingabo zayo zoherejwe muri RDC ziswe EACRF.
15 March 2024 Yasuwe: 1224 0