skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

RDC: Abaturage basabye ingabo za leta guhagarika M23 gukomeza gufata uduce

Sosiyete sivile ya Kasindi muri teritwari ya Beni ( Kivu ya Ruguru) irahamagarira ingabo za leta gukora ibishoboka byose kugira ngo ihagarike M23 iri kwerekeza mu majyaruguru y’iyi ntara.
13 March 2024 Yasuwe: 1673 0

Tom Byabagamba na Rusagara bakuye ikirego cyabo mu rukiko rwa EAC bari baregeye

Tom Byabagamba wahoranye ipeti rya Colonel mu Ngabo z’u Rwanda mbere yo kuryamburwa, na Frank Rusagara wahamijwe ibyaha birimo guhungabanya umutekano w’igihugu akaza guhanishwa gufungwa imyaka 20...
13 March 2024 Yasuwe: 2180 0

Ubwongereza bugiye guha amafaranga abimwe ubuhungiro kugira baze mu Rwanda

Abimwe ubuhungiro mu Bwongereza bagiye kuzajya bahabwa kugeza ku bihumbi bitatu by’ama pound (£3.000, arenga miliyoni 4 frw) kugira ngo baze mu Rwanda rwabemereye ubuhungiro.
13 March 2024 Yasuwe: 952 0

Urukiko rwanze gukuraho ubusembwa Ingabire Victoire

Madamu Ingabire Victoire yatangaje ko yababajwe nuko urukiko rukuru rwanze kumukuraho ubusebwa ngo aziyamamaze mu matora ya Perezida ateganyijwe muri Nyakanga uyu mwaka.
13 March 2024 Yasuwe: 1107 0

Inzovu yishe uyobora ba mukerarugendo bacakiraniye mu nzira

Abashinzwe kubungabunga ibidukikije bababajwe n’urupfu rw’uwayoboraga ba mukerarugendo ukomoka muri Zimbabwe wishwe n’inzovu yari yarakaye muri Afurika y’epfo ahitwa Gondwana Private Game Reserve.
13 March 2024 Yasuwe: 2127 0

Abamamyi baranguraga ibigori bahenze abahinzi baciwe akayabo

Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda yatangaje ko kugeza ku wa Kabiri, yari imaze gufatira ibihano abamamyi bagera ku 105, aho baciwe amande ya miliyoni 40,5Frw, bazira kurangura mu bahinzi umusaruro...
13 March 2024 Yasuwe: 1080 0

Perezida Kagame yemeye gushyigikira Raila Odinga muri Komisiyo ya AU

Perezida Paul Kagame yavuze ko azashyigikira umunyapolitiki wo muri Kenya Raila Odinga, umwe mu bakandida babiri batangaje ko bazahatanira kuyobora komisiyo y’umuryango w’ubumwe bw’Afurika.
13 March 2024 Yasuwe: 461 0

Baranenga FARDC yaretse M23 igafata utundi duce muri Kivu ya Ruguru itarwanye

Ihuriro rya sosiyete sivile zo muri teritwari zigize intara ya Kivu ya Ruguru riranenga gusubira inyuma kw’ingabo za DR Congo zikareka umutwe wa M23 ugafata uduce dutandukanye ntawe uwukoma imbere.
13 March 2024 Yasuwe: 1785 0

Ubucuti bw’u Rwanda na Tanzania bugiye gutuma bifungura umupaka wa kabiri ubihuza

U Rwanda na Tanzania bigiye gufungura umupaka wa kabiri wemewe hagati y’ibihugu byombi hagamijwe kurushaho koroshya imigenderanire mu baturage babyo.
13 March 2024 Yasuwe: 1697 0

Polisi yahishuye akayabo kazajya gacibwa umushoferi watendetse abagenzi i Kigali

Polisi y’u Rwanda iributsa abatwara izi modoka kwirinda kurenza uyu mubare kuko uzafatwa yarenze kuri aya mabwiriza azajya ahanishwa amande y’ibihumbi 30 by’amafaranga y’u Rwanda ku mugenzi umwe...
13 March 2024 Yasuwe: 2752 0