skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Manchester City yongeye kwereka mukeba wayo Liverpool ko itararambirwa gutwara ibikombe [AMAFOTO]

Manchester City yatwaye ibikombe byose byacaracaye mu Bwongereza umwaka ushize,yongeye kwerekana ko n’uyu mwaka amateka ashobora kwisubiramo kuko yatsindiye kuri penaliti Liverpool bahanganye...
4 August 2019 Yasuwe: 3039 0

Perezida Sadate yahaye ubutumwa bukomeye abakinnyi ba Rayon Sports mbere yo gucakirana na Al Hilal

Umuyobozi wa Rayon Sports,Munyakazi Sadate yabwiye abakinnyi ko gushyira hamwe aribyo bizatuma basezerera Al Hilal mu mikino ya CAF Champions League ariko abasaba kuzasigasira igikombe cya...
4 August 2019 Yasuwe: 4012 1

Tanzania:Gafotozi yateje impaka ndende ku mbuga nkoranyambaga ubwo yashyiraga hanze amafoto y’imparage imwe ifite imitwe...

Umugabo ukora akazi ko gufata amafoto witwa Zhayynn James yatunguye benshi kubera amafoto yafashe agaragaza imparage imwe ifite imitwe ibiri ubwo yasuraga ahitwa Ngorongoro muri Tanzania gusa...
4 August 2019 Yasuwe: 5622 1

USA: Abantu 29 barasiwe mu duce tubiri barapfa mu gihe kitageze ku masaha 15

Mu gihe kitageze ku masaha 24 abantu bagera kuri 29 bishwe barashwe n’abantu bitwaje imbunda babasanze aho bateraniye mu mujyi wa El Paso muri Texas no mu wa Dayton muri Leta ya...
4 August 2019 Yasuwe: 2941 2

N’golo Kante yatangaje abakinnyi yakuze akunda n’umukinnyi bakinana umubera icyitegererezo

Umukinnyi wo hagati mu ikipe ya Chelsea N’golo Kante ukundwa na benshi kubera ko yicisha bugufi ndetse akaba ari n’umuhanga bigaragarira buri wese,yabwiye abanyamakuru ko akiri umwana yakundaga...
4 August 2019 Yasuwe: 5026 0

Abayoboye umushinga wa ya ndege yakozwe n’abana bo muri Afurika y’Epfo bapfiriye mu mpanuka y’indege

Werner Froneman na Des Werner bari bayoboye umushinga w’indege yakozwe n’abana bato bo muri Afurika y’Epfo baguye mu mpanuka y’indege yabereye muri Tanzania.
4 August 2019 Yasuwe: 5774 0

Umunyarwandakazi Sonia Rolland yatangaje impamvu akunda gushyira hanze amafoto yambaye ubusa

Umukinnyi wa Filimi Sonia Rolland ufite inkomoko mu Rwanda ndetse wabaye nyampinga w’Ubufaransa 2000,yatangaje ko aterwa ishema n’umubiri we ariyo mpamvu yifotoza yambaye ubusa inshuro...
4 August 2019 Yasuwe: 4999 2

Bakame yatangaje umukinnyi bakinannye utagira gahunda ndetse washwanye cyane n’abatoza kubera gukererwa

Umunyezamu w’inararibonye Ndayishimiye Eric uzwi nka Bakame yatangaje ko mu makipe yose yanyuzemo umukinnyi yabonye utagira gahunda ndetse wahoraga ashwana n’abatoza cyane ari Niyonzima...
4 August 2019 Yasuwe: 5959 0

Jose Mourinho ashobora kungukira mu ntambara ya Zinedine Zidane na Gareth Bale

Ikipe ya Real Madrid yitwaye nabi mu mikino yo gutegura umwaka w’imikino ugiye gutangira bituma ubuyobozi butakariza icyizere umutoza Zinedine Zidane ndetse ngo bwiteguye kumusimbuza Jose...
4 August 2019 Yasuwe: 3812 0

Kimenyi Yves yatangaje izina yifuza ko abakunzi ba Rayon Sports bajya bamuhamagara

Umunyezamu mushya w’ikipe ya Rayon Sports,Kimenyi Yves yatangaje ko yifuza ko abakunzi b’iyi kipe batangira kujya bamwita “Umurayon w’ukuri” kubera ukuntu yakuze ayikunda ndetse na papa we akaba...
4 August 2019 Yasuwe: 4245 1
0 | ... | 18930 | 18940 | 18950 | 18960 | 18970 | 18980 | 18990 | 19000 | 19010 | ... | 24580