skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Manzi Thierry yatangaje inshingano zikomeye bahawe n’abatoza bashya ba APR FC

Kapiteni wa APR FC,Manzi Thierry yatangaje ko abatoza bashya ba APR FC barimo umutoza mukuru Mohammed Adil Erradi ndetse n’Umwunguruje Bekraoui Nabyl n’uw’abanyezamu Mugabo Alex babasabye guharanira...
4 August 2019 Yasuwe: 2829 1

USA: Urutare rwahanutse ku bantu bari ku mucanga batatu bahasiga ubuzima

Abantu batatu bapfuye abandi babiri barakomereka ubwo urutare runini rwahanukaga ku manga yari hafi y’umucanga witwa Grandview Beach ahitwa Encinitas muri California kuwa Gatanu w’iki...
3 August 2019 Yasuwe: 2688 0

Neymar Jr yahombejwe amamiliyoni y’amadolari na FIFA

Rutahizamu Neymar jr ukinira ikipe ya PSG mu Bufaransa yahombye akayabo ka miliyoni 2 n’ibihumbi 75 by’amapawundi kubera ko FIFA itigeze imushyira ku rutonde rw’abakinnyi 10 bagomba kuzavamo...
3 August 2019 Yasuwe: 3701 0

Lionel Messi yafatiwe ibihano bikarishye kubera gutuka CONMEBOL

Rutahizamu Lionel Messi yafatiwe ibihano bikarishye birimo kumara amezi 3 adakinira ikipe y’igihugu ya Argentina ndetse no kwishyura ibihumbi 41 by’amapawundi kubera kwibasira Impuzamashyirahamwe...
3 August 2019 Yasuwe: 3134 1

Umuhanzi wa Gospel arashinjwa guhemukira bikomeye umukobwa bari baherutse gusezerana

Umuhanzi uririmba indirimbo zihimbaza Imana witwa Sano Olivier arashinjwa ubuhemu bukomeye n’umukunzi we witwa Uwera Mutangana Carine burimo kugurisha ikibanza bari...
3 August 2019 Yasuwe: 4882 4

Oumar Sidibe yaririmbwe n’abafana ba Rayon Sports kubera ubuhanga yagaragaje imbere ya AS Kigali

Umunya Mali Oumar Sidibé waraye akiniye bwa mbere Rayon Sports mu mukino wa gicuti yatsinzemo AS Kigali igitego 1-0 cya Micheal Sarpong,yaririmbwe n’abafana b’iyi kipe kubera ahanini ibyo yaberetse...
3 August 2019 Yasuwe: 6718 1

Umukobwa waraye atorewe kuba Miss England yakoze agashya katarakorwa n’abandi [AMAFOTO]

Umwongerezakazi witwa Bhasha Mukherjee w’imyaka 23 watowe nka Miss England 2019 yatunguye benshi ubwo mu gitondo saa kumi z’igitondo yabyukaga ajya gutangira akazi k’ubuganga aho kwishimira intsinzi...
2 August 2019 Yasuwe: 7360 1

Nicki Minaj yiyemeje guhindura izina rye kubera umugabo yihebeye

Umuraperikazi Onika Tanya Maraj uzwi nka Nicki Minaj yamaze gutangaza ko we n’umukunzi we Kenneth Petty bamaze kubona urwandiko rubemerera gushyingiranwa mu mategeko ndetse atazongera kwitwa Nicki...
2 August 2019 Yasuwe: 5171 0

Stella Nyanzi ufunzwe azira gutuka perezida Museveni yiyambitse ubusa imbere y’urukiko akimara gukatirwa

Umugore witwa Stella Nyanzi yakoze agashya ubwo urukiko rw’i Kampala rwamukatiraga igihano cy’igifungo cy’amezi 18 ahamwe n’icyaha cyo gutuka Perezida Museveni, yahise yiyambika ubusa mu...
2 August 2019 Yasuwe: 8622 0

Manchester United yamaze kumvikana na myugariro igiye gutangaho akayabo kataragurwa uwo ariwe wese

Ikipe y’ubukombe mu gihugu cy’Ubwongereza imaze gutangaza ko yamaze gusinyisha myugariro uhenze kurusha abandi bakinnyi bose, Harry Maguire, yakuye mu ikipe ya Leicester City ku kayabo ka miliyoni...
2 August 2019 Yasuwe: 2952 0
0 | ... | 18940 | 18950 | 18960 | 18970 | 18980 | 18990 | 19000 | 19010 | 19020 | ... | 24580