skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Mashami Vincent yatangaje ibintu 3 byatumye Amavubi abura itike yo kwerekeza muri CAN 2019

Umutoza Mashami Vincent yatangaje ko Amavubi yabuze itike yo kwerekeza mu gikombe cya Afurika kubera ko yananiwe kubyaza umusaruro imikino yo mu rugo,imitegurire mibi ndetse n’urwego rwa...
26 March 2019 Yasuwe: 2949 0

Perezida Magufuli yahembye bishimishije abakinnyi ba Tanzania bakatishije itike yo kwerekeza muri CAN...

Umukuru w’igihugu cya Tanzania John Pombe Magufuli yagabiye ibibanza n’amafaranga abakinnyi b’ikipe y’igihugu ‘Taifa Stars’ baherutse gukatisha itike yo kwerekeza mu gikombe cya Afurika baherukagamo mu...
26 March 2019 Yasuwe: 2273 0

Rubavu :Gitifu w’umurenge wa Kanzenze yatawe muri yombi akekwaho kurya ruswa

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Kanzenze, Nyiransengiyunva Monique, yatawe muri yombi na RIB aho akurikiranweho kurya ruswa irimo iyo ashinjwa n’umuturage witwa witwa Butera Musafiri...
25 March 2019 Yasuwe: 3660 1

Abagabo babiri basiganwa kuri moto bagonganiye mu irushanwa baterana ibipfunsi karahava [AMAFOTO]

Abagabo babiri bari mu isiganwa mu gihugu cya Costa Rica barwanye karahava ubwo umwe yari agonze mugenzi we,ibyari isiganwa bihinduka intambara,baterana amakofe...
25 March 2019 Yasuwe: 4922 0

Vladmir Putin yohereje indege zuzuye abasirikare bo gufasha Maduro Amerika ishaka kweguza

Perezida w’Uburusiya yongeye gukora mu jisho US,ubwo yoherezaga indege yuzuye abasirikare n’intwaro byo gufasha perezida wa Venezuela,Nicolas Maduro wari hafi kubikirwa imbehe n’iki gihugu...
25 March 2019 Yasuwe: 7434 0

Abakecuru bo mu Bwongereza bashiriye muri Gambia bashaka abapfubuzi [AMAFOTO]

Abakecuru bo mu bwongereza bari kwisuka muri Gambia ku bwinshi bagiye gushaka abapfubuzi nyuma y’aho umwongerezakazi witwa Prue Leith,yababimburiye agata umugabo we,akajya kwishakira umupfubuzi...
25 March 2019 Yasuwe: 14489 0

Umupilote yapfuye ubwo yashakaga kugongesha indege umugore we wari utwite bari bamaze gushwana

Umupilote witwa Charl Viljoen, ukomoka muri Afurika y’Epfo yahitanywe n’impanuka y’indege yakoze ubwo yashakaga kugongesha indege yari yibye umugore we bari bamaze gushwanira mu birori byo kwitegura...
25 March 2019 Yasuwe: 6036 1

Perezida Kagame yongeye kugaragaza urugomo Uganda yakoreye u Rwanda

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yagarutse ku rugomo Uganda yakoreye u Rwanda mu minsi ishize,ubwo yafunguraga ku mugaragaro inama nyafurika y’iminsi ibiri y’abayobozi b’ibigo (Africa CEO...
25 March 2019 Yasuwe: 5293 1

Umusore w’umuherwe ubana n’abakobwa batagira umubare n’indege zihenze cyane yaciye ibintu kubera ubuzima abayeho...

Umusore witwa Bobby Misner usanzwe ari uw’umuherwe witwa Tom Misner, washinze SAE Institute music school mu gihugu cyo muri Australia,aba mu buzima buhenze burimo gutunga imodoka zihenze, kubana...
25 March 2019 Yasuwe: 8447 4

Perezida Kagame yashimangiye ko guhahirana aribyo bizatuma Afurika irushaho gutera imbere

Ubwo perezida Kagame yafunguraga ku mugaragaro inama nyafurika y’iminsi ibiri y’abayobozi b’ibigo (Africa CEO Forum),yavuze ko ubuhahirane hagati y’ibihugu bya Afurika aribyo bizatuma umugabane wa...
25 March 2019 Yasuwe: 532 0
0 | ... | 20370 | 20380 | 20390 | 20400 | 20410 | 20420 | 20430 | 20440 | 20450 | ... | 24580