skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Ingabo z’u Rwanda zakubise inshuro abitwaje intwaro bashakaga kwerekeza mu ishyamba rya Nyungwe

Mu minsi ishize inyeshyamba zitwaje zanyuze mu karere ka Nyamasheke zishaka kwinjira mu ishyamba rya Nyungwe zakubiswe inshuro n’ingabo z’ u Rwanda gusa zica umusivili...
22 March 2019 Yasuwe: 36455 4

Perezida Kenyatta yaciye amarenga ko ashobora kuzafunga visi perezida we William Ruto amuziza kurya...

Perezida wa Kenya,Uhuru Kenyatta yatangaje ko yiteguye guhangana n’umuntu uwo ariwe wese urya ruswa mu gihugu cya Kenya niyo yaba ari umuvandimwe we bituma benshi bemeza ko yabwiraga Visi perezida...
22 March 2019 Yasuwe: 4536 0

Abatoza babiri Chelsea FC yifuza kuzakuramo usimbura Maurizio Sarri bamenyekanye

Ikipe ya Chelsea yifuzaga guha akazi Zinedine Zidane kugira ngo asimbure Maurizio Sarri bikarangira yisubiriye mu ikipe ya Real Madrid,biravugwa ko yifuza guha akazi umwe mu batoza 2 barimo Nuno...
22 March 2019 Yasuwe: 4076 0

Umusore warangije muri Makerere yatewe indobo n’umukunzi we bituma yiyahura nyuma yo kumutukira kuri Facebook na...

Umusore witwa Arthur Basalirwa warangije amasomo ajyanye n’ubukungu muri kaminuza ya Makerere yiyahuye nyuma yo guhemukirwa n’umukunzi we biteguraga kurushinga ariko mbere yo kwiyica yabanje kujya...
22 March 2019 Yasuwe: 6335 1

Umuhanzi yirashe atabishaka mu mutwe arapfa ubwo yarimo akora amashusho y’indirimbo afashe imbunda

Umuhanzi witwa Justin Carter w’imyaka 35 ukomoka muri USA,yirashe atabishaka mu mutwe arapfa,ubwo yarimo akora amshusho y’indirimbo ze afashe imbunda.
22 March 2019 Yasuwe: 3292 0

Eden Hazard yatangaje umukinnyi yemera ko amurusha impano yo gukina umupira w’amaguru muri Premier...

Rutahizamu wa Chelsea,Eden Hazard ufatwa nk’umukinnyi wa mbere ufite ubuhanga bwo gucenga muri Premier League kurusha abandi bose,yatangaje ko umukinnyi umwe umurusha ubuhanga bwo guconga ruhago...
22 March 2019 Yasuwe: 7863 1

Wayne Rooney yibasiye bikomeye ikipe ya Liverpool yitwaje ko afana Everton

Umukinnyi Wayne Rooney wahoze akinira ikipe ya Manchester United na Everton mbere y’uko yerekeza muri USA mu ikipe ya DC United,yavuze ko atifuza ko ikipe ya Liverpool itwara igikombe cya...
22 March 2019 Yasuwe: 1726 0

Gasana Janvier na John Rutayisire basimburanye kuyobora REB batawe muri yombi

Abahoze ari abayobozi ba REB aribo Gasana Janvier ndetse na John batawe muri yombi n’ubushinjacyaha bw’u Rwanda mu ijoro ryakeye taliki ya 21 Werurwe 2019 kubera ibyaha kunyereza umutungo wa Leta...
22 March 2019 Yasuwe: 1859 1

Nyanza: Inzu abakobwa bo ku ishuli rya Nyanza Technical School bararagamo yafashwe n’inkongi y’umuriro

Inzu yararagamo abakobwa biga ku kigo cya Nyanza Technical School (Dortoire) yaraye ifashwe n’inkongi y’umuriro irashya irakongoka gusa ku bw’amahirwe nta muntu n’umwe wahasize...
22 March 2019 Yasuwe: 1886 0

Byavumbuwe ko hari ubumenyi umupilote mukuru w’indege ya Ethiopian Airlines iherutse guhitana abantu 157 yari...

Umupilote witwa Yared Getachew w’imyaka 29 ukomoka muri Ethiopia wari ukuriye abari batwaye indege ya Boeing 737 MAX 8 ya Kompanyi ya Ethiopian Airlines,iherutse gukora impanuka igahitana abantu...
22 March 2019 Yasuwe: 16894 7
0 | ... | 20410 | 20420 | 20430 | 20440 | 20450 | 20460 | 20470 | 20480 | 20490 | ... | 24580