skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Impamvu itangaje ituma abagore batarabyara bicwa na kanseri mu buryo bworoshye

Mu bushakashatsi bwakorewe mu baturage b’Ubwongereza na Wales bwagaragaje ko abagore benshi bakunze kwicwa na kanseri ari abadafite abana ndetse n’abatabyara kuko babona umwanya wo kwishora mu...
25 February 2019 Yasuwe: 2726 0

Uburusiya bwatangaje uduce dutandukanye twa USA buzateramo ibisasu niramuka ibashotoye

Televiziyo y’igihugu y’Uburusiya yamaze gushyira hanze uduce dukomeye twa US,izateramo ibisasu bya kilimbuzi, igihe iki gihugu cy’igihangange kizahirahira cyohereza ibisasu bya kirimbuzi ku mugabane...
25 February 2019 Yasuwe: 4895 3

Umupolisikazi wo mu mujyi wa Stuttgart yatorewe kuba Miss w’Ubudage 2019 [AMAFOTO]

Umukobwa witwa Nadine Berneis wari usanzwe ari umupolisikazi mu mujyi wa Stuttgart,yaciye ibintu atorerwa kuba nyampinga w’Ubudage 2019.
25 February 2019 Yasuwe: 3104 1

Umunyamakuru w’imikino Kwizera Elie Fatty yasabiwe gufungwa burundu n’ubushinjacyaha

Umunyamakuru w’imikino kwizera Elie Fatty wamenyekanye mu biganiro by’imikino kuri Authentic Radio na Royal FM&TV yasabiwe gufungwa burundu n’urukiko kubera icyaha cyo gusambanya umwana...
25 February 2019 Yasuwe: 7231 1

Kendall Jenner ufitanye isano na Kim Kardashian yatunguye benshi kubera ikanzu igaragaza umwenda w’imbere yari yambaye mu...

Mu ijoro ryakeye nibwo hatanzwe ibihembo by’abakinnyi ba Filimi bigaragaje muri USA,bizwi nka Oscars,aho umunyamideli Kendall Jenner yaserukanye ikanzu igaragaza ikariso yatumye benshi bacika...
25 February 2019 Yasuwe: 2978 0

Green Party irifuza ko ibyiciro by’Ubudehe byatangwa hagendewe ku mafaranga umuntu yinjiza

Ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije,Democratic Green Party of Rwanda rirasaba ko ibyiciro by’Ubudehe byava mu mibare ahubwo bikajya bitangwa hagendewe ku mafaranga umuntu...
25 February 2019 Yasuwe: 604 0

Igisirikare cya Uganda cyanze gufatira ibihano uwahoze ari umusirikare wafashwe amashusho ari gukubita...

Igisirikare cya Uganda (UPDF) kimaze gutangaza ko kidashobora gufatira ibihano Maj. Gen. Matayo Kyaligonza wahoze mu ngabo z’iki gihugu, wagaragaye ari gukubita umupolisikazi ushinzwe umutekano wo...
25 February 2019 Yasuwe: 1993 2

Kepa Arrizabalaga yatangaje impamvu yasuzuguye umutoza we Sarri akanga kuva mu kibuga amusimbuje

Umunyezamu wa Chelsea FC,Kepa Arrizabalaga waraye akoze agashya akanga kuva mu kibuga asimbujwe n’umutoza we Maurizo Sarri,yatangaje ko yabikoze atagamije kumusuzugura ahubwo habayeho kutumvikana...
25 February 2019 Yasuwe: 3507 0

Pasiteri w’umunya Nigeria yafungiwe mu mujyi wa London azira kwigishiriza mu muhanda

Umupasiteri w’umunya Nigeria yatawe muri yombi ubwo yarimo abwiriza ku muhanda mu mujyi wa London mu Bwongereza.
25 February 2019 Yasuwe: 1053 0

Sir Alex Ferguson yavuze umutoza yifuza ko yatoza ikipe ya Manchester United

Umunyabigwi Sir Alex Ferguson watoje Manchester United akayihesha ibikombe 13 bya Premier League,yasabye ubuyobozi bw’iyi kipe guha akazi umutoza Ole Gunnar Solskjaer uri kuyitoza...
25 February 2019 Yasuwe: 5507 0
0 | ... | 20720 | 20730 | 20740 | 20750 | 20760 | 20770 | 20780 | 20790 | 20800 | ... | 24580